• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine iri mu ntambara n’u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.

minebwenews by minebwenews
October 15, 2024
in World News
0
Ukraine iri mu ntambara n’u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine iri mu ntambara n’u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Byatangajwe na perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky aho ashinja Koreya ya Ruguru kohereza ingabo zayo mu Burusiya, ndetse ashimangira ko umubano w’ibi bihugu byombi ukomeje kuja imbere, bityo ko kuribo ari ikibazo kuko icyo gihugu kizafatikanya n’u Burusiya mu ntambara cyashoye kuri Ukraine.

Ibi perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yabitangaje ku mu goroba wo ku Cyumweru tariki ya 13/10/2024, yagaragaje ko afite ibimenyetso simusiga yuko bakomeje kubona ingabo za Koreya ya Ruguru zigana mu Burusiya kandi ko zigenda mu byiciro.

Perezida wa Ukraine mu magambo ye bwite, yagize ati: “Ntabwo bikiri ibijyanye no kohereza ibikoresho by’agisirikare gusa, oya. Ahubwo mu byukuri bari kuvana abantu muri Koreya ya Ruguru bakajya mu ngabo z’u Burusiya. Biragaragara rero ko mu bihe nk’ibi, imibanire yacu n’abafatanya bikorwa ikwiye gutezwa imbere. Abasirikare bacu bari kurugamba bakeneye gufashwa cyane.”

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 14/10/2024, minisitiri w’ingabo z’u Burusiya yashize hanze video igaragaza imodoka za gisirikare hamwe n’ibindi bikoresho bya Ukraine byangiritse bikomeye. U Burusiya bwatangaje kandi ko bwisubije igice kimwe cyo mu karere ka Kursk cyari cyarigaruriwe na Ukraine.

Uretse aho Kursk, ingabo z’u Burusiya kandi zafashe akandi gace ko mu Burasirazuba bwa Ukraine mu gihe buri guhungana bwegera mu mujyi wumvikana nk’uwingenzi kuri bo wa Pokrovsk, ukungahaye ku mabuye y’agaciro. Ingabo z’u Burusiya zimaze amezi menshi zirwana zerekeza mu mujyi wa Donetsk, ahantu ubutegetsi bwa Ukraine mu mpera z’iki Cyumweru bwavuze ko ibintu byari bigoye cyane.

          MCN.
Tags: Koreya ya RuguruU BurusiyaUkraine
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Hotel Muhabura yafashwe n’inkongi y’umuriro irasha irakonga.

Hotel Muhabura yafashwe n'inkongi y'umuriro irasha irakonga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?