Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine iri mu ntambara n’u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 15, 2024
in World News
0
Ukraine iri mu ntambara n’u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine iri mu ntambara n’u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Byatangajwe na perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky aho ashinja Koreya ya Ruguru kohereza ingabo zayo mu Burusiya, ndetse ashimangira ko umubano w’ibi bihugu byombi ukomeje kuja imbere, bityo ko kuribo ari ikibazo kuko icyo gihugu kizafatikanya n’u Burusiya mu ntambara cyashoye kuri Ukraine.

Ibi perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yabitangaje ku mu goroba wo ku Cyumweru tariki ya 13/10/2024, yagaragaje ko afite ibimenyetso simusiga yuko bakomeje kubona ingabo za Koreya ya Ruguru zigana mu Burusiya kandi ko zigenda mu byiciro.

Perezida wa Ukraine mu magambo ye bwite, yagize ati: “Ntabwo bikiri ibijyanye no kohereza ibikoresho by’agisirikare gusa, oya. Ahubwo mu byukuri bari kuvana abantu muri Koreya ya Ruguru bakajya mu ngabo z’u Burusiya. Biragaragara rero ko mu bihe nk’ibi, imibanire yacu n’abafatanya bikorwa ikwiye gutezwa imbere. Abasirikare bacu bari kurugamba bakeneye gufashwa cyane.”

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 14/10/2024, minisitiri w’ingabo z’u Burusiya yashize hanze video igaragaza imodoka za gisirikare hamwe n’ibindi bikoresho bya Ukraine byangiritse bikomeye. U Burusiya bwatangaje kandi ko bwisubije igice kimwe cyo mu karere ka Kursk cyari cyarigaruriwe na Ukraine.

Uretse aho Kursk, ingabo z’u Burusiya kandi zafashe akandi gace ko mu Burasirazuba bwa Ukraine mu gihe buri guhungana bwegera mu mujyi wumvikana nk’uwingenzi kuri bo wa Pokrovsk, ukungahaye ku mabuye y’agaciro. Ingabo z’u Burusiya zimaze amezi menshi zirwana zerekeza mu mujyi wa Donetsk, ahantu ubutegetsi bwa Ukraine mu mpera z’iki Cyumweru bwavuze ko ibintu byari bigoye cyane.

          MCN.
Tags: Koreya ya RuguruU BurusiyaUkraine
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Hotel Muhabura yafashwe n’inkongi y’umuriro irasha irakonga.

Hotel Muhabura yafashwe n'inkongi y'umuriro irasha irakonga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?