• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine yahanguwe kurasa itababarira ku Burusiya ikoresheje za misile.

minebwenews by minebwenews
November 19, 2024
in World News
0
Ukraine yahanguwe kurasa itababarira ku Burusiya ikoresheje za misile.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yahanguwe kurasa itababarira ku Burusiya ikoresheje za misile.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje za misile zirasa kure.

Ahagana ku Cyumweru tariki ya 17/11/2024, nibwo Amerika yemereye Ukraine kurasa ku butaka bw’u Burusiya ikoresheje za misile zirasa kure zayihaye.

Ariko nta tariki iramenyekana y’igihe igisirikare cya Ukraine kizarasa ku Burusiya.

Ibi perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yabyemereye Ukraine mu gihe habura iminsi mike gusa ngo Donald Trump watorewe kuyobora iki gihugu atangire inshingano nka perezida w’iki gihugu.

Iki cyemezo kandi kije mu gihe perezida wa Ukraine, Volodymir Zelensky aheruka gutakira iki gihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika agisaba kwemerera igihugu cye gukoresha ziriya ntwaro mu kurasa ku bikorwa remezo by’igisirikare cy’u Burusiya.

Amakuru yo mu ibanga ava muri Amerika anavuga ko iki gihugu cyafashe uyu mwanzuro kubera ko u Burusiya buheruka kohereza ingabo za Koreya ya Ruguru muri Ukraine mu rwego rwo guha umusaada u Burusiya; ibi bikaba byarateye ubwoba Leta ya Joe Biden.

Ibibunda byitezwe ko Ukraine izifashisha mu kurasa ku Burusiya harimo misile zo mu bwoko bwa Atacms zishobora kurasa ku ntera ya kilomero zirenga 300.

Kimwecyo, u Burusiya buheruka kuburira ko mu gihe Amerika yahangura Ukraine kurasa ibisasu bikomeye mu gihugu cyabo, bazaba bagiye gutuma intambara yongera gufata indi ntera, kandi n’aziriya mbunda hagashyirwaho uburyo bwo kuzica intege.

Tags: AmerikaBissauU BurusiyaUkraine
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo ingabo z’u Burundi bahuye n’uruva gusenya mu mirwano irimo kubera muri Kivu Yaruguru.

Abarimo ingabo z'u Burundi bahuye n'uruva gusenya mu mirwano irimo kubera muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?