• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine yanze kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2025
in World News
0
Ukraine yanze kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya.
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yanze kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Leta ya Ukraine yabwiye Leta Zunze ubumwe z’Amerika ko kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya byo kugabanya umubare w’abasirikare bayo kugira ngo habeho ibiganiro by’amahoro n’u Burusiya, byaba ari nko kwishyira mu bibazo itazikuramo.

Ni byatangajwe n’umuyobozi wo mu biro bya perezida wa Ukraine, Pavlo Palisa, aho yavuze ko bidashoboka ko bagabanya umubare w’abasirikare bayo kubera ko hari igihugu runaka kibisabye.

Uyu muyobozi mukiganiro yagiranye na Reuters yayibwiye ko Ukraine nta muntu n’umwe ugomba kuyitegeka umubare w’abasirikare ikwiye kugira.

Avuga ko kugira igisirikare cyiteguye byizeza umutekano i Kyiv, ngo kandi no mu gihe u Burusiya bwakongera kugaba ibitero mu gihe amasezerano y’amahoro ataragerwaho bakwirwanaho mu kurinda uwo mujyi.

Ibi yabitangaje nyuma y’aho perezida Vradimir Putin yari yavuze ko ashaka ko umubare w’abasirikare ba Ukraine ugabanuka ndetse anavuga ko Kyiv igomba kureka icyifuzo cyayo cyo kwinjira muri OTAN kandi ko Moscow igomba kugenzura uturere tune twose Ukraine ivuga ko ari utwayo.

Ikindi nuko u Burusiya buvuga ko hakwiye gushirwaho ingamba zikomeye mbere yuko habaho agahenge k’imirwano.

Mu biganiro byabereye muri Arabie-Saoudite ku mpande zombi zemeranyije guhagarika ibitero ku bigo by’ingufu z’amashanyarazi, ariko kuva icyo igihe impande zombi zakomeje kwitana bamwana zishinjanya kurenga kuri ayo masezerano.

Tags: AmerikaU BurusiyaUkraineYanze
Share26Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
I Mbarara mu gutegura kunamira Intwari y’i Mulenge bakoze akarusho.

I Mbarara mu gutegura kunamira Intwari y'i Mulenge bakoze akarusho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?