Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 23, 2024
in Regional Politics
0
Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni byatangajwe na perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, yavuze ko ingabo ze zafashe akandi gace ko mu Burusiya nyuma y’imirwano ikomeye ikomeje guhanganisha ingabo z’iki gihugu cy’u Burusiya na Ukraine mu karere ka Kursk.

Aka gace kigaruriwe n’ingabo za Ukraine gaherereye nko mu birometero 240 uvuye aho ingabo za Ukraine zinjiriye bwa mbere zifata umujyi wa Kursk nawo wo mu Burusiya.

Ubutegetsi bwa Ukraine bwanatangaje ko bwagabye ikindi gitero ku butaka bw’u Burusiya bakoresheje indege z’intambara zitagira abadereva.

Hagati aho, abategetsi bo mu Burusiya batangaje ko batangiye gushyiraho amazu i Kursk yo kubamo kugira ngo azafashe kurinda abaturage babo mu gihe ingabo za Ukraine zabagabaho ibitero.

Ndetse na minisiteri y’ingabo y’iki gihugu cy’u Burusiya yavuze ko ingabo zabo zafashe agace ka Mezhove mu Burasirazuba bwa Ukraine mu karere ka Donetsk. U Burusiya bwanavuze ko igitero cya Ukraine ku butaka bwacyo cyahagaritswe bityo ko nta gikuba cyacitse.

Iyi Leta y’u Burusiya yashimangiye ivuga kandi ko kuba Ukraine yarinjiye ku mupaka wayo mu minsi mike ishize irangije yigarurira agace kamwe, byasaga n’agatego bateze ingabo za Zelensky kugira ngo ingabo z’u Burusiya zibone uko zinjira mu kandi karere ko mu murwa mukuru wa Ukraine.

           MCN.
Tags: Ukraine yafasge akandi gace ko mu Burusiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.

Intumwa z'u Rwanda n'iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?