• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.

minebwenews by minebwenews
August 23, 2024
in Regional Politics
0
Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe na perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, yavuze ko ingabo ze zafashe akandi gace ko mu Burusiya nyuma y’imirwano ikomeye ikomeje guhanganisha ingabo z’iki gihugu cy’u Burusiya na Ukraine mu karere ka Kursk.

Aka gace kigaruriwe n’ingabo za Ukraine gaherereye nko mu birometero 240 uvuye aho ingabo za Ukraine zinjiriye bwa mbere zifata umujyi wa Kursk nawo wo mu Burusiya.

Ubutegetsi bwa Ukraine bwanatangaje ko bwagabye ikindi gitero ku butaka bw’u Burusiya bakoresheje indege z’intambara zitagira abadereva.

Hagati aho, abategetsi bo mu Burusiya batangaje ko batangiye gushyiraho amazu i Kursk yo kubamo kugira ngo azafashe kurinda abaturage babo mu gihe ingabo za Ukraine zabagabaho ibitero.

Ndetse na minisiteri y’ingabo y’iki gihugu cy’u Burusiya yavuze ko ingabo zabo zafashe agace ka Mezhove mu Burasirazuba bwa Ukraine mu karere ka Donetsk. U Burusiya bwanavuze ko igitero cya Ukraine ku butaka bwacyo cyahagaritswe bityo ko nta gikuba cyacitse.

Iyi Leta y’u Burusiya yashimangiye ivuga kandi ko kuba Ukraine yarinjiye ku mupaka wayo mu minsi mike ishize irangije yigarurira agace kamwe, byasaga n’agatego bateze ingabo za Zelensky kugira ngo ingabo z’u Burusiya zibone uko zinjira mu kandi karere ko mu murwa mukuru wa Ukraine.

           MCN.
Tags: Ukraine yafasge akandi gace ko mu Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.

Intumwa z'u Rwanda n'iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?