Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umubare wabahitanwe n’imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 1, 2024
in World News
0
Umubare wabahitanwe n’imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare wa bahitanwe nimyuzure mu gihugu cya Kenya wakomeje kwiyongera kuri ubu ugeze ku bantu ijana na mirongwirindwi ni cyenda.

You might also like

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Ni byatangajwe na Guverinoma ya Kenya, yavuze ko abantu ibihumbi amagana bagomba kuva mu mazu yabo. Ninyuma y’uko umubare wabicwa n’imyuzure wiyongereye ugera ku bantu 179 uvuye kuri 38.

I Kitengela mu birometre 33 uvuye i Nairobi, abakozi b’u muryango utabara imbare wa Red Cross ya Kenya, barimo gutabara abagizweho n’izo ngaruka zimyuzure.

Uyu muryango utabara imbare wa Red Cross, watanze ubutumwa ubinyujije ku rukuta rwayo rwa x, uvuga ko barimo kugerageza gutabara abaturage n’abamukerarugendo bafatiwe mu nkambi ya Narok, mu birometro 215 uvuye i Nairobi, ku murwa mukuru w’i gihugu cya Kenya.

Kubera ay’amakuba, byatumye perezida w’u Rwanda Paul Kagame yihanganisha mugenzi we, William Ruto ndetse n’Abanyakenya bose muri rusange.

Kandi n’umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yafashe umwanya yifatanya n’Abanyakenya, ubwo yari imbere y’imbaga i Vatikani kuri uyu wa Gatatu.

Ku munsi w’ejo hashize, perezida William Ruto, yasuye umujyi wa Mai Mahiu, nyuma y’uko bamwe mu bantu baho bari bamaze kurengerwa n’imyuzure, abagera kuri 48 barapfa mu gihe abandi 84 bari baburiwe irengero.

Mu itangazo leta y’iki gihugu yashize hanze, rigira riti: “Hari ibindi bice nabyo bishobora kubamo amakuba nk’aya. Turasaba abaturage kubivamo inzira zikigendwa, kubera ko iteganya gihe ryerekana ko imvura izakomeza.”

Abayobozi bashizwe imihanda y’imodoka zihuta i Nairobi, bavuze ko bafunze igice kimwe cy’u muhanda w’imodoka zihuta ujya mu mujyi, n’indi byibura itatu mu mpande z’igihugu, biturutse ku myuzure no kubintu byatwawe n’amazi, biyirimo.

Iy’i myuzure kandi yishe abantu babarirwa muri mirongo, mu gihugu cya Tanzania, ndetse no muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, abakabakaba icumi bamaze gupfa.

Ibirimo amazu, imihanda, ibiraro n’ibindi bikorwa remezo bimaze gusenyuka. Ibi byatangiye kuva mu mpera z’u kwezi kwa Gatatu.

        MCN.
Tags: 179Abantu bapfuyeImyuzureKenya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika. Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n'abasivili abandi n'abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo. Ihangana hagati...

Read moreDetails

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma ya Rubaya , M23 yakomerejeho kwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC, ifata n’ibindi bice by’ingenzi, muri Masisi.

Nyuma ya Rubaya , M23 yakomerejeho kwirukana ihuriro ry'Ingabo za RDC, ifata n'ibindi bice by'ingenzi, muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?