Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umubare wabahitanwe n’imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 1, 2024
in World News
0
Umubare wabahitanwe n’imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare wa bahitanwe nimyuzure mu gihugu cya Kenya wakomeje kwiyongera kuri ubu ugeze ku bantu ijana na mirongwirindwi ni cyenda.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni byatangajwe na Guverinoma ya Kenya, yavuze ko abantu ibihumbi amagana bagomba kuva mu mazu yabo. Ninyuma y’uko umubare wabicwa n’imyuzure wiyongereye ugera ku bantu 179 uvuye kuri 38.

I Kitengela mu birometre 33 uvuye i Nairobi, abakozi b’u muryango utabara imbare wa Red Cross ya Kenya, barimo gutabara abagizweho n’izo ngaruka zimyuzure.

Uyu muryango utabara imbare wa Red Cross, watanze ubutumwa ubinyujije ku rukuta rwayo rwa x, uvuga ko barimo kugerageza gutabara abaturage n’abamukerarugendo bafatiwe mu nkambi ya Narok, mu birometro 215 uvuye i Nairobi, ku murwa mukuru w’i gihugu cya Kenya.

Kubera ay’amakuba, byatumye perezida w’u Rwanda Paul Kagame yihanganisha mugenzi we, William Ruto ndetse n’Abanyakenya bose muri rusange.

Kandi n’umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yafashe umwanya yifatanya n’Abanyakenya, ubwo yari imbere y’imbaga i Vatikani kuri uyu wa Gatatu.

Ku munsi w’ejo hashize, perezida William Ruto, yasuye umujyi wa Mai Mahiu, nyuma y’uko bamwe mu bantu baho bari bamaze kurengerwa n’imyuzure, abagera kuri 48 barapfa mu gihe abandi 84 bari baburiwe irengero.

Mu itangazo leta y’iki gihugu yashize hanze, rigira riti: “Hari ibindi bice nabyo bishobora kubamo amakuba nk’aya. Turasaba abaturage kubivamo inzira zikigendwa, kubera ko iteganya gihe ryerekana ko imvura izakomeza.”

Abayobozi bashizwe imihanda y’imodoka zihuta i Nairobi, bavuze ko bafunze igice kimwe cy’u muhanda w’imodoka zihuta ujya mu mujyi, n’indi byibura itatu mu mpande z’igihugu, biturutse ku myuzure no kubintu byatwawe n’amazi, biyirimo.

Iy’i myuzure kandi yishe abantu babarirwa muri mirongo, mu gihugu cya Tanzania, ndetse no muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, abakabakaba icumi bamaze gupfa.

Ibirimo amazu, imihanda, ibiraro n’ibindi bikorwa remezo bimaze gusenyuka. Ibi byatangiye kuva mu mpera z’u kwezi kwa Gatatu.

        MCN.
Tags: 179Abantu bapfuyeImyuzureKenya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma ya Rubaya , M23 yakomerejeho kwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC, ifata n’ibindi bice by’ingenzi, muri Masisi.

Nyuma ya Rubaya , M23 yakomerejeho kwirukana ihuriro ry'Ingabo za RDC, ifata n'ibindi bice by'ingenzi, muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?