• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umubare w’ingabo z’u Burusiya zimaze kugwa mu ntambara zirimo muri Ukraine wamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
September 21, 2024
in World News
0
Umubare w’ingabo z’u Burusiya zimaze kugwa mu ntambara zirimo muri Ukraine wamenyekanye.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’ingabo z’u Burusiya zimaze kugwa mu ntambara zirimo muri Ukraine wamenyekanye.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Abasirikare b’u Burusiya ibihumbi 70 nibo bamaze gupfira mu ntambara yo muri Ukraine, muri aba bivugwa ko abenshi bagwiriyemo abakorerabushake b’abasivile binjiye mu ngabo z’u Burusiya nyuma gato y’uko iki gihugu gitangije intambara kuri Ukraine.

Buri munsi, amazina y’abasirikare b’u Burusiya baguye muri iyi ntambara, ubutumwa bwo gutangaza imfu zabo ndetse n’amafoto yo mu mihango yo kubashyingura bitangazwa n’ibitangazamakuru byo hirya no hino ku isi no ku mbugankoranyambaga zo mu Burusiya, nk’uko BBC yabitangaje.

Ivuga ko abakorerabushake baguye muri iyi ntambara bonyine barenga 13,781, bangana hafi na 20%, ndetse uyu mubare ukaba uruta uwo mu bindi byiciro.

Abahoze ari imfungwa, binjiye mu gisirikare basezeranywa ko bazababarirwa ibyaha byabo, mu bihe byatambutse imibare yabo niyo yari myinshi ariko ubu bagera kuri 19% by’imfu zose zemejwe. Ni mu gihe abasirikare babikanguriwe , ni ukuvuga abari abaturage basanzwe bakanguriwe kujya kurwana ku rugamba, abapfuye bangana na 13%.

Ku ruhande rwa Ukraine, ni gake cyane ubariranyije n’uko abategetsi bayo babivuga, bavuga ko ingabo zayo zaguye ku rugamba ari ibihumbi 31 kuva intambara yaduka muri iki gihugu, nk’uko perezida w’iki gihugu, Volodymyr Zelensky yabivuze.

Gusa, uyu mubare ushidikanywaho kuko amakuru y’ubutasi bwa leta Zunze Ubumwe z’Amerika atangaza ko abasirikare ba Ukraine bamaze kugwa mu ntambara bahanganyemo n’u Burusiya barenze uwo mubare kure cyane.

        MCN.
Tags: Ingabo z'u BurusiyaUkraineUmaze kumenyekanaZimaze kugwa mu ntambara
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Muri ibi bihe Abanyamulenge bibuka ababo baguye mu Bibogobogo, hari byo basaba kugira ngo imitima yabo iruhuke.

Muri ibi bihe Abanyamulenge bibuka ababo baguye mu Bibogobogo, hari byo basaba kugira ngo imitima yabo iruhuke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?