• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugaba mukuru w’i ngabo za Sudan, yatangaje ko bari mu ntambara ya makundura yo guhashya abarwanyi ba RSF.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2024
in Regional Politics
0
Umugaba mukuru w’i ngabo za Sudan, yatangaje ko bari mu ntambara ya makundura yo guhashya abarwanyi ba RSF.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Sudan cyatangaje ko kigiye gukora ibishoboka byose gitsinsure inyeshamba zo mu mutwe wa RSF.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni byatangajwe n’umugaba mukuru w’ingabo za Sudan, General Abdel Fattah Al-Barhan. Ibi yabitangaje mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Kane, tariki ya 14/03/2024.

Ninyuma y’uko igisirikare cya Sudan cyari kimaze kwirukana abarwanyi ba RSF bari baheruka kwigarurira Radio na television by’i gihugu, mu Cyumweru gishize.

Mu kongera kwigarurira ibyo bice biravugwa ko igisirikare cya leta ya Khartoum ko cyakoresheje indege z’itagira abapilote, mu mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, w’iki Cyumweru turimo, maze baza kongera gufata ibice by’i gihugu birimo television na radio, biherereye mu Mujyi wa Omdurman, uri hakurya y’uruzi rwa Nile ahateganye n’u murwa mukuru wa Khartoum.

Iki gisirikare cy’i gihugu cy’i garuriye kandi n’igice kinini cy’u murwa mukuru cyari gifitwe n’abarwanyi ba RSF, kuva intambara yaduka umwaka ushize.

Ariko amakuru ava muri ibyo bice avuga ko Radio na television by’i gihugu kuva by’igaruriwe n’Ingabo z’i gihugu nta biganiro biri gucyaho.

Ingabo za leta na none zabashe no kwigarurira indi mijyi irimo Omdurman, ahari ibigo binyuranye bya gisirikare.

Ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, byatanze ay’amakuru bivuga ko hafashwe amashusho agaragaza ibimodoka bya gisirikare bya barwanyi ba RSF byashwanyaguritse n’imwe mu mirambo yabo barwanyi irimo kugaragara mu mihanda.

Uy’u musirikare mukuru w’i ngabo za Sudan yaburiye abarwanyi ba RSF ko aho bazaja hose baza bahiga mu paka.

Hagati aho imirwano ikaze irakomeje ku mpande zombi zihanganye, ingabo za leta zikomeje kugaba ibitero ku barwanyi mu Ntara ya Darfur na El Gezira mu majy’epfo aho abarwanyi bari barigaruriye.

Amezi abaye 11 abarwanyi ba Rapid Support Force (RSF) bigometse ku butegetsi, kuva icyo gihe kugeza ubu, baracyahangana n’ingabo za leta y’icyo gihugu.

              MCN.
Tags: RSFSudanUmugaba mukuru w'ingabo General Abdel Fattah
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi w’u Rwanda Yolande Makolo, yavuze ko Victoire Ingabire, ari “umunyabyaha utajya wihana.”

Umuvugizi w'u Rwanda Yolande Makolo, yavuze ko Victoire Ingabire, ari "umunyabyaha utajya wihana."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?