• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagiriye uruzinduko rudasanzwe i Goma, menya ibyarwo.

minebwenews by minebwenews
June 14, 2024
in Regional Politics
0
Umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagiriye uruzinduko rudasanzwe i Goma, menya ibyarwo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo yagiriye uruzinduko rudasanzwe i Goma, menya ibyarwo.

You might also like

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

Ni ku wa Gatatu, tariki ya 12/06/2024, nibwo umuyobozi mukuru w’Ingabo za RDC, Gen Christian Tshiwewe Songesa, yageze i Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bw’iki gihugu, mu ruzinduko rugamije gushigikira hamwe icyakorwa kugira ngo M23 itsindwe.

Nk’uko byatangajwe n’umvugizi w’ihuriro rya FARDC-SAMIRDC, bwana Lieutenant Mbuyi Karonji Reagan, yavuze ko Gen Christian Tshiwewe Songesa uruzinduko arimo i Goma rugamije gusura ibikorwa by’ingabo za SADC no kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo ihuriro ry’Ingabo za SADC na FARDC hamwe n’imitwe irimo FDLR, Wazalendo bakomeze ibitero byo guhashya umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje leta ya Kinshasa.

Yanavuze ko umugaba mukuru w’Ingabo za RDC yakiriwe i Goma n’umusirikare uyoboye Ingabo za SADC, Major Gen Monwabisi Dyakopu.

Uyu muvugizi w’ihuriro rya FARDC-SAMIRDC, yanasobanuye ko Gen Christian Tshiwewe Songesa muri uru rugendo yahaye umurongo Ingabo za SADC n’iza FARDC zigenderaho ugamije ku rwanya M23.

Ay’amakuru anavuga kandi ko muri uru rugendo rwakozwemo ibiganiro bihuza imitwe y’inyeshamba ifasha iki gisirikare cya leta ya Kinshasa, mu rugamba gihanganyemo na M23.

Uru rugendo rukozwe mu gihe ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, abacancuro na SADC baheruka gukubitwa inshuro bakubiswe n’Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga. Ni mu mirwano iheruka kubera mu nkengero za centre ya Kanyabayonga no mu bice byunamiye umujyi wa Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu busanzwe Ingabo za SADC zaje mu Burasirazuba bwa RDC mu rwego rugamije gushigikira leta y’iki gihugu guhashya umutwe wa M23. Nubwo biruko M23 ikomeje kurusha imbaraga iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ni mu gihe uwo mutwe wa komeje kwigarurira ibice byinshi byo muri yi Ntara ya Kivu Yaruguru mu buryo butigeze bubaho n’ikindi gihe, ndetse uyu mutwe umaze no kugira uduce tundi ifata two muri Kivu y’Amajy’epfo.

            MCN.
Tags: Christian Tshiwewe SongesaFardcGomaKu rwanya M23SADCUmugaba mukuru w'Ingabo za RDCUruzinduko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka Ese wari uzi ko mu bihe bya kera cyane, Afurika...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Monusco zamenyeshe ibikomeye ziri gutoza igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ingabo za Monusco zamenyeshe ibikomeye ziri gutoza igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?