Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yahishyuye umwanya ashiramo perezida Kagame mu bantu yubaha.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 30, 2024
in Uncategorized
0
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yahishyuye umwanya ashiramo perezida Kagame mu bantu yubaha.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yahishyuye umwanya ashiramo perezida Kagame mu bantu yubaha.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Gen Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatangaje ko perezida Paul Kagame w’u Rwanda aza ku mwanya wa kane mu bantu yubaha kurusha abandi ku Isi.

Ni byo Gen Muhoozi yatangaje kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 29/09/2024, aho yakoresheje urubuga rwe rwa x, avuga ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame aza nyuma ya Se Yoweli Kaguta Museveni, mama we umubyara na Se wabo Gen Salim Saleh.

Yagize ati: “Nyuma ya papa , mama na uncle wanjye, nta wundi muntu nubaha kurusha uncle perezida w’u Rwanda Paul Kagame.”

Muhoozi yashimangiye ibi avuga ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari icyitegererezo kuri we n’umwalimu. Hacyanye iminsi Gen Muhoozi akomeza kugaragaza ko Paul Kagame ari umuntu w’ingenzi kuri we, ndetse yanagiye kandi abigaragaza mu gusura u Rwanda, aho ndetse anarusuye inshuro 4 mu gihe cy’imyaka ibiri.

Ariko kandi na perezida Paul Kagame yasuye u Ganda ubwo Gen Muhoozi yari yakoze ikirori cy’isabukuru y’amavuko ye mu kwezi kwa 04/2022.

Muri icyo gihe, Paul Kagame yashimiye Muhoozi kuba yaragize uruhare runini mu kubyutsa umubano w’u Rwanda na Uganda wari warazambye mu myaka ishize.

Icyo gihe perezida Kagame yagize ati: “Ba Gen beza ni abashyira imbere amahoro mu cyimbo cy’intambara, warakoze ku bwo kongera guhuza ibihugu byacu byombi.”

Yoweli Kaguta Museveni nawe yaje gutangaza ko ubushuti bwa perezida Paul Kagame na Muhoozi, avuga ko bwatangiriye muri Tanzania, ubwo Muhoozi yari akiri muto mbere y’urugamba rwo kubohora igihugu cya Uganda.

Tubibutsa ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu gukomeza ubushuti bwe na Muhoozi yamugabiye inka 10 ubwo uyu mugaba mukuru w’ingabo za Uganda yazaga mu Rwanda mu 2022.

         MCN.
Tags: Ashyiramo Paul KagameGen Kainarugaba MuhooziMubo yubahaUmwanya
Share39Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
How to Get Glowing Skin

How to Get Glowing Skin

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?