Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 21, 2024
in Regional Politics
0
Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Gen Kainarugaba Muhoozi yatanze ikiganiro ku matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu cya Uganda mu 2026, ninyuma y’uko byavugwaga ko azashyigikira papa we Museveni, ariko aza kwerura avuga ko atazahatana muri ayo matora, ndetse yongeraho ko uzasimbura Se atagomba kuzaba ari umusivile.

Ni kiganiro yatambukije akoresheje urukuta rwa x. Byari bimaze iminsi bivugwa ko Gen Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, azahatanira kuyobora iki gihugu cya Uganda mu matora azaba muri 2026, anyuze mu ihuriro Plus(Patriot League of Uganda).
Yagize ati: “Ndashaka gutangaza ko ntazagaragara kuri ballot paper (urutonde rw’abahatana mu matora ya perezida) mu 2026. Imana isumba byose yansabye gukomeza gushyira imbaraga mu gisirikare. Rero, nshyigikiye byimazeyo Yoweli Kaguta Museveni mu matora y’ubutaha.”

Yakomeje avuga ko kuri we ‘ntakintu gifite agaciro kuri iyi Isi kiruta UPDF. Niyo mpamvu numva ntakimpa agaciro cyaruta kuba muri UPDF.’ Yanasabiye iki gisirikare cya Uganda umugisha n’iki gihugu, yanashimangiye ibi avuga ko nta musivili uzigera asimbura umubyeyi we Museveni.

Ati: “Nta musivili uzayobora Uganda nyuma ya perezida Museveni.Inzego z’umutekano ntizishobora kuzabyemera . Umuyobozi uzakurikiraho agomba kuba ari umusirikare cyangwa umupolisi.” Yakomeje asaba abashyigikiye ihuriro PLUS bose kuzashyigikira perezida Museveni mu matora yo mu mwaka w’ 2026.

            MCN.
Tags: Gen Kainarugaba MuhooziKu matora ateganyijwe kuba muri UgandaM2026Yagize icyavuga
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru arambuye ko Gen Muhoozi ateganya kongera guhura na Gen Tshiwewe wa RDC.

Havuzwe amakuru arambuye ko Gen Muhoozi ateganya kongera guhura na Gen Tshiwewe wa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?