• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

minebwenews by minebwenews
September 21, 2024
in Regional Politics
0
Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Gen Kainarugaba Muhoozi yatanze ikiganiro ku matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu cya Uganda mu 2026, ninyuma y’uko byavugwaga ko azashyigikira papa we Museveni, ariko aza kwerura avuga ko atazahatana muri ayo matora, ndetse yongeraho ko uzasimbura Se atagomba kuzaba ari umusivile.

Ni kiganiro yatambukije akoresheje urukuta rwa x. Byari bimaze iminsi bivugwa ko Gen Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, azahatanira kuyobora iki gihugu cya Uganda mu matora azaba muri 2026, anyuze mu ihuriro Plus(Patriot League of Uganda).
Yagize ati: “Ndashaka gutangaza ko ntazagaragara kuri ballot paper (urutonde rw’abahatana mu matora ya perezida) mu 2026. Imana isumba byose yansabye gukomeza gushyira imbaraga mu gisirikare. Rero, nshyigikiye byimazeyo Yoweli Kaguta Museveni mu matora y’ubutaha.”

Yakomeje avuga ko kuri we ‘ntakintu gifite agaciro kuri iyi Isi kiruta UPDF. Niyo mpamvu numva ntakimpa agaciro cyaruta kuba muri UPDF.’ Yanasabiye iki gisirikare cya Uganda umugisha n’iki gihugu, yanashimangiye ibi avuga ko nta musivili uzigera asimbura umubyeyi we Museveni.

Ati: “Nta musivili uzayobora Uganda nyuma ya perezida Museveni.Inzego z’umutekano ntizishobora kuzabyemera . Umuyobozi uzakurikiraho agomba kuba ari umusirikare cyangwa umupolisi.” Yakomeje asaba abashyigikiye ihuriro PLUS bose kuzashyigikira perezida Museveni mu matora yo mu mwaka w’ 2026.

            MCN.
Tags: Gen Kainarugaba MuhooziKu matora ateganyijwe kuba muri UgandaM2026Yagize icyavuga
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru arambuye ko Gen Muhoozi ateganya kongera guhura na Gen Tshiwewe wa RDC.

Havuzwe amakuru arambuye ko Gen Muhoozi ateganya kongera guhura na Gen Tshiwewe wa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?