• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umugabo w’u murundi yiciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, azira ibigishidikanywaho.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2024
in World News
0
Umugabo w’u murundi yiciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, azira ibigishidikanywaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo w’u murundi yiciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, azira ibigishidikanywaho.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishira ku wa Kane, w’iki Cyumweru turimo, nibwo umugabo w’u murundi yiciwe mu bice byo muri Grupema ya Mutambala, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ariko ay’amakuru aza ku menyekana ku wa Gatandatu tariki ya 08/06/2024, nk’uko byatangajwe na sosiyete sivile yo muri ibyo bice.

Sosiyete sivile ivuga ko abishe uyu mugabo w’impunzi yahungiye muri Congo ivuye mu Burundi ko bataramenyekana, ariko ko mu kumwica bakoresheje imbunda, kandi ko ba mwiciye neza mu gahana kitwa Ange ko muri Localité ya Kafulo.

Nk’uko iyi Sosiyete sivile ibisobanura n’uko uyu Murundi yaba yarazize uburozi, ni mu gihe yavugwagaho ko akora ubufumu.

Mbere y’uko yicwa yabanjye guhunga ava mu inkambi y’impunzi y’Abarundi iri mu Lusenda aho yahunze ko ari gushinjwa ‘kuroga’ ahungira ahitwa Mulongwe nyuma yimukira Katanga aho naho ntiyigeze ahatinda kuko yahise yimukira mu gahana kitwa Ange, ari nako yaje kurangirizamo ubuzima bwe bwo mu Isi, yicwa arashwe n’abantu kugeza ubu bataramenyekana, nk’uko sosiyete sivile yakomeje ibivuga.

Sosiyete sivile yagize iti: “Turakeka ko uyu murundi w’impunzi wishwe ko yaba yarazize amarozi. Gusa amategeko ya Congo ntacyo avuga ku marozi, ariko icyo dusaba n’uko inzego zishinzwe umutekano zakurikirana iyo dosiye mu buryo bwimbutse.”

Ikomeza ivuga iti: “Twamenye amakuru ko kugira ngo uyu murundi yimuke ave mu nkambi y’impunzi iri mu Lusenda, yari yahatiwe kuhava. Ku bw’umutekano we arahunga, byatumye agira ibice byinshi yagiye abamo.”

Ibyerekeye umwirondoro w’uwahohotewe, amakuru yacu yemeza ko yari impunzi y’u murundi wahungiye muri RDC, aho yari amaze igihe kirekire mu ikambi ya Lusenda.

Amazina ye bwite ntaramenyekana, ariko abantu bari bakunze ku mwita Mufumu, ndetse n’Abarundi bagenzi be niryo bamwitaga.

          MCN.
Tags: AmaroziFiziMufumuUmugabo w'u MurundiYishwe Arashwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamakuru w’u mubiligi yavuze ibigwi bya Joseph Kabila, ndetse amwita n’andi mazina meza.

Umunyamakuru w'u mubiligi yavuze ibigwi bya Joseph Kabila, ndetse amwita n'andi mazina meza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?