• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugambi wa perezida Tshisekedi wo gutera u Rwanda ukomeje kurushaho kunozwa nyuma y’uko Kayumba aherutse i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
September 28, 2024
in Regional Politics
0
Umugambi wa perezida Tshisekedi wo gutera u Rwanda ukomeje kurushaho kunozwa nyuma y’uko Kayumba aherutse i Kinshasa.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugambi wa perezida Tshisekedi wo gutera u Rwanda ukomeje kurushaho kunozwa nyuma y’uko Kayumba aherutse i Kinshasa.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Hagati muri uku kwezi kwa Cyenda, byavuzwe ko Kayumba Nyamwasa yageze i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yaje guhura n’abategetsi batandukanyijwe b’iki gihugu barimo n’abo mu mutwe wa FDLR.

Uru rugendo Kayumba yaruguriye muri iki gihugu cya RDC, mu gihe bwana perezida Félix Tshisekedi hari hashize iminisi atangije gahunda yo kwiyunga n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda mu rwego rwo kugira ngo azashore intambara muri iki gihugu cy’u Rwanda.

Nyamwasa niwe watangije umutwe wa RNC, ni nawe wanagize uruhare mu gushinga ihuriro rya P5 rigizwe n’imitwe y’iterabwoba igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

Umutwe wa Rud-Urunana ubarizwa muri iryo huriro rya P5, uri muyagerageje kugaba igitero mu Rwanda, aho wakigabye i Musanze mu Rwanda mu 2019 , igitero cyasize gihitanye inzira karengane.

Igitangaza makuru cya Igihe dukesha iy’inkuru cyatangaje ko Kayumba Nyamwasa hashize igihe afitanye imikoranire yahafi na Africa Theoneste Misago ushinzwe ibikorwa bya FDLR mu gice cya Afrika y’Amajy’epfo na Alphonse Munyarugendo ubarizwa muri Mozambique.

Muri iyo mikoranire na FDLR, Nyamwasa afashwa cyane na Etienne Mutabazi nawe wahoze mu ngabo za Habyarimana. Uyu Mutabazi yanabayeho umuvugizi wa RNC mu 2019.

Binavugwa kandi ko Kayumba Nyamwasa avugana umunsi ku wundi na Maj Gaston Iyamuremye uzwi nka Victor Byiringiro uyoboye umutwe wa FDLR muri iki gihe.

Byanavuzwe kandi ko muri iyi gahunda nshya ya Kayumba, Misago ashinzwe guhuza ibikorwa byose bya FDLR ndetse ni we ugira uruhare mu bukangurambaga bwo gushaka abajya muri uyu mutwe n’ubwo gukusanya imisanzu.

Munyarugendo ukorera ubucuruzi muri Mozambique, yinjiye igisirikare cyo kwa Habyarimana mu 1989. Kimwe n’abandi barwanya ubuyobozi bw’u Rwanda, abarizwa mu mutwe wa FDLR.

Aho akorera akazi ku bucuruzi muri Mozambique, yitwa Monasco Dollar, avuka mu ntara y’uburengerazuba mu Rwanda. Avukana na Col Anotole Nsengiyumva wahamijwe ibyaha bya jenoside. Mu 1994, Munyarugendo yari ashinzwe ikoreshwa ry’imbunda nini mu kigo cya gisirikare cya Kanombe.

Uyu kandi yanabaye mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), icyo gihe yari ashinzwe ibikorwa bya gisirikare mu gace ka Pweto.

Byavuzwe ko Kayumba aherutse i Kinshasa, kandi ko akomeje kugirana imikoranire yahafi n’umutwe wa FDLR, urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda mu 1994. Uru rugendo Kayumba Nyamwasa yagiriye i Kinshasa rushimangira umugambi wa Tshisekedi wo gutera u Rwanda, nk’uko yagiye abitangaza mu minsi ishize.

Mu mpera z’u mwaka w’ 2023, Tshisekedi yagize ati: “Abanyarwanda ni abavandimwe bacu, ahubwo bakeneye ubufasha bwacu kuko baraboshywe, bakeneye ubufasha bwacu ngo tubabohore. Ni abavandimwe bakeneye ko dushyira hamwe tukabakiza abayobozi babasubiza inyuma.”

Nyuma y’ibyo TSHISEKEDI yari amaze gutangaza, yahise arushyirizaho kugirana imikoranire yahafi n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda.

          MCN.
Tags: Kayumba NyamwasaUmugambi wa TshisekediUrugendo i KinshasaUrushaho kunozwa
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri perezida Tshisekedi wiswe umunyakinyoma.

Ibyo wa menya kuri perezida Tshisekedi wiswe umunyakinyoma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?