• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umugore, niwe watsinze amatora yabayemo impaka muri Namibia.

minebwenews by minebwenews
December 4, 2024
in World News
0
Umugore, niwe watsinze amatora yabayemo impaka muri Namibia.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugore, niwe watsinze amatora yabayemo impaka muri Namibia.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Igihugu cya Namibia, hatowe perezida w’Umugore, bikaba bibaye amateka, kuko niwe wa mbere uyoboye iki gihugu.

Uwatsinze amatora ni Netumbo Nandi-Ndaitwah, yarasanzwe ari visi perezida wa Namibia kuva mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Uyu mugore ava mu ishyaka rya SWAPO, ari naryo riri ku butegetsi, yatowe nka perezida wa mbere w’umugore w’icyo gihugu cyo muri Afrika y’Amajy’epfo, nyuma yamatora yabaye mu Cyumweru gishize, ayabayemo impaka nyinshi.

Ku mugoroba wo ku wa kabiri, komisiyo ishinzwe amatora ni bwo yatangaje ko yabonye amajwi 57%, mu gihe uwaje ku mwanya wa kabiri yagize 26%.

Uyu wagize amajwi 26%, yitwa Itura yari yatangaje ko ishyaka rye ritazemera ibyavuye mu mator, ni mu gihe rivuga ko amatora yabayemo imikorere mibi.

Ku bw’iyo mpamvu, menshi mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi yanze kwitabira iki gikorwa cy’itangazwa ry’ibyavuye mu matora cyabereye mu murwa mukuru Windhoek ku wa kabiri, nk’uko ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu bivuga.

Nyuma yitangazwa ry’ibyavuye mu matora, ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, byasubiyemo amagambo ya Nandi-Ndaitwah, w’imyaka 72, agira ati: “Igihugu cya Namibia cyatoreye amahoro n’umutekano.”

Ishyaka rya SWAPO ryatsinze amatora muri iki gihugu, riri ku butegetsi guhera mu mwaka w’ 1990, ubwo cyabonaga ubwigenge kuri Afrika y’Epfo yagikolonije, nyuma y’u Budage.

Nandi-Ndaitwah watsinze amatora, ni umwe mu bategetsi babizerwa muri Namibia, akaba amaze imyaka 25 ari mu myanya yo hejuru. Kuri ubu yari visi perezida.

Tags: AmatoraNamibiaNundiUmugoreYatsinze
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za FARDC zarashe umuturage mu Mikenke.

Ingabo za FARDC zarashe umuturage mu Mikenke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?