Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugoroba ukomeye, Perezida Joe Biden yikuye mubari guhatana kuzayobora leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 21, 2024
in Regional Politics
0
Umugoroba ukomeye, Perezida Joe Biden yikuye mubari guhatana kuzayobora leta Zunze ubumwe z’Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugoroba ukomeye, Perezida Joe Biden yikuye mubari guhatana kuzayobora leta Zunze ubumwe z’Amerika.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni bikubiye mu itangazo Joe Biden yashize hanze ritungura isi, rivuga ko “atazongera kwiyamamaza kuyobora iki gihugu cya leta Zunze ubumwe z’Amerika.”

Muri iri tangazo, Joe Biden yavuze ko umwanya we awuhariye Harris Kamara wari usanzwe ari visi we.

Kamara Harris ufite umugabo w’umwirabura niwe ugiye guhagararira ishyaka ry’Abademocrates mu matora azaba mu kwezi kwa 11 uyu mwaka 2024.

Biden ufite imyaka 81 y’amavuko, yakoresheje n’urubuga rwa x, agira ati: “Nshuti zanjye ba democrates, nafashye iki cyemezo cyo kutemera ubusabe bwo kwiyamamariza kuba Perezida, ingufu zanjye zose nzishyize kuri Kamara mu gihe nsigaje nka Perezida.”

Yakomeje avuga ko “ubwo nari maze gutorwa kuba Perezida w’ishyaka ry’Abademocrates mu 2020 nahise ngira Kamara Harris visi Perezida.”

Avuga kandi ko iki cyemezo ari kimwe mu byiza yafashe.

Ati: “Uyumunsi rero, ndashaka guha ubufasha bwanjye, n’amahirwe Kamara Harris akaba ari we uzahagararira ishyaka ry’Abademocrates mu matora yegereje. Aba democrates ni cyo gihe ngo twunge ubumwe, ubundi dutsinde Trump. Mureke tubikore.”

Hari hashize igihe Joe Biden asabwa kuva mu guhatana ku mwanya wa Perezida w’iki gihugu, aho yari ahanganye na Donald Trump wahoze ari Perezida.

Kandi Perezida Joe Biden yagiye agaragaza kwibagirwa gukabije, aho yise Perezida wa Ukraine amwitiranya n’uwu Burusiya, Vladimir Putin.

Nyuma gato, Biden amaze kwikura mu kwiyamamariza umwanya w’u mukuru w’i gihugu, mugenzi we Donald Trump yahise atangaza ko Biden atazibagirana mu mateka y’abaperezida bayoboye iki gihugu cya leta Zunze ubumwe z’Amerika, ngo kuko niwe Perezida wabaye mubi kurusha abandi bose.

            MCN
Tags: Biden JoeKuyobora Leta Zunze Ubumwe z'AmerikaKwiyamamazaYikuye mu bahatana
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Igiterane cyari i Nairobi mu gihugu cya Kenya ngo cyaba cyasenyaguye icyo bita “Akagara.”

Igiterane cyari i Nairobi mu gihugu cya Kenya ngo cyaba cyasenyaguye icyo bita "Akagara."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?