• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugoroba ukomeye, Perezida Joe Biden yikuye mubari guhatana kuzayobora leta Zunze ubumwe z’Amerika.

minebwenews by minebwenews
July 21, 2024
in Regional Politics
0
Umugoroba ukomeye, Perezida Joe Biden yikuye mubari guhatana kuzayobora leta Zunze ubumwe z’Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugoroba ukomeye, Perezida Joe Biden yikuye mubari guhatana kuzayobora leta Zunze ubumwe z’Amerika.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni bikubiye mu itangazo Joe Biden yashize hanze ritungura isi, rivuga ko “atazongera kwiyamamaza kuyobora iki gihugu cya leta Zunze ubumwe z’Amerika.”

Muri iri tangazo, Joe Biden yavuze ko umwanya we awuhariye Harris Kamara wari usanzwe ari visi we.

Kamara Harris ufite umugabo w’umwirabura niwe ugiye guhagararira ishyaka ry’Abademocrates mu matora azaba mu kwezi kwa 11 uyu mwaka 2024.

Biden ufite imyaka 81 y’amavuko, yakoresheje n’urubuga rwa x, agira ati: “Nshuti zanjye ba democrates, nafashye iki cyemezo cyo kutemera ubusabe bwo kwiyamamariza kuba Perezida, ingufu zanjye zose nzishyize kuri Kamara mu gihe nsigaje nka Perezida.”

Yakomeje avuga ko “ubwo nari maze gutorwa kuba Perezida w’ishyaka ry’Abademocrates mu 2020 nahise ngira Kamara Harris visi Perezida.”

Avuga kandi ko iki cyemezo ari kimwe mu byiza yafashe.

Ati: “Uyumunsi rero, ndashaka guha ubufasha bwanjye, n’amahirwe Kamara Harris akaba ari we uzahagararira ishyaka ry’Abademocrates mu matora yegereje. Aba democrates ni cyo gihe ngo twunge ubumwe, ubundi dutsinde Trump. Mureke tubikore.”

Hari hashize igihe Joe Biden asabwa kuva mu guhatana ku mwanya wa Perezida w’iki gihugu, aho yari ahanganye na Donald Trump wahoze ari Perezida.

Kandi Perezida Joe Biden yagiye agaragaza kwibagirwa gukabije, aho yise Perezida wa Ukraine amwitiranya n’uwu Burusiya, Vladimir Putin.

Nyuma gato, Biden amaze kwikura mu kwiyamamariza umwanya w’u mukuru w’i gihugu, mugenzi we Donald Trump yahise atangaza ko Biden atazibagirana mu mateka y’abaperezida bayoboye iki gihugu cya leta Zunze ubumwe z’Amerika, ngo kuko niwe Perezida wabaye mubi kurusha abandi bose.

            MCN
Tags: Biden JoeKuyobora Leta Zunze Ubumwe z'AmerikaKwiyamamazaYikuye mu bahatana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Igiterane cyari i Nairobi mu gihugu cya Kenya ngo cyaba cyasenyaguye icyo bita “Akagara.”

Igiterane cyari i Nairobi mu gihugu cya Kenya ngo cyaba cyasenyaguye icyo bita "Akagara."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?