• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuhanuzi, yavuze ko umuriro uzazana impinduka zikomeye muri RDC, ko usigaje akanya gato ukaka.

minebwenews by minebwenews
June 22, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuhanuzi kuri Congo Kinshasa: “Hasigaye akanya gato umuriro uzana impinduka ukaka.”

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Umuhanuzi Cyaziga, yabwiye MCN, ko I’mana iheruka kumwibutsa ko Intambara yanyuma izasiga igihugu cya RDC, kibayemo impinduka zikomeye ko igihe ariki!!

Bwana Cyaziga, ubwo yaganira ga na MCN, yakunze gukoresha amagambo azimije (I Migani), asa nazinze gusobanuka.

Haraho yagize ati: “Ibizana impinduka byo ntibigitinze nubu vuba ! kuko ikiralo kizambukaho abazarwana urwo rugamba cyamaze kuboneka. Nirwo rugamba rwanyuma rwavuzwe kuva kera.”

Yanatanze nibimenyetso harimo ko nyuma ya ‘Perezida wimye murikigihe muri RDC ko hazaza undi nyuma ye ariko akamara akanya gato kandi akazaza habanjye kuba urusaku rwimpfizi zibiri, zizaba zamaze kwitaba I’mana i Kinshasa. Mbere yizi mpfizi zibiri zizaba zitabye I’mana i Kinshasa, harindi mpfizi izaba yazibanjirije murikimwe mubihugu biri mukarere .’

Umuhanuzi Cyaziga, ati: “Intambara haraho itazarenga mubice twagiye dushinga mo amapiki mubihe byakera.”

Amapiki yashinzwe nab’Ahanuzi b’Imulenge yavuze ko yashinzwe mubihe byakera kandi mubayashinze yemeje ko nawe yarabarimo ahamya ko aho intambara itazaharenga murihamwe aho yavuze kuruzi rwa “Kimbi.”

Maze arangiza avuga ko mu Minembwe ko hagiye kugera umusirikare mukuru mungabo za FARDC, uzaba afite amapeti aruta ayabandi basirikare bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda ahamya ko ariwe kimenyetso cyanyuma cyurugamba ruzazana impinduka mukarere.

Haribindi bimenyetso yatanze abo yise ko arimpfizi mubuhanuzi avuga ko izimpfizi kuva muryamo ya leta ya Kinshasa ko byari mubimenyetso simusiga by’Intambara izaza muri RDC.

Cyaziga, yavuze ko Intambara izazana impinduka zikomeye muri RDC ko yatangiwe guhanurwa ahagana mumwaka wa 1980 kugeza kuri none.

Harabahanuzi bamaze gupfa yavuze ko bahanuye kuriy’intambara yemeza ko I’mana yamubwiye ko irihafi cyane.

Muribamwe murabo bahanuzi yavuze harimo :

1.Bichinoni Nyirigangu.

  1. Gasogi Wabasama.
  2. Rugari wabanyabyinshi nabandi.
Tags: ImpfiziRdcUbuhanuziumurirouzana impinduka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Gusoza ikirio cya Ernesto Karangwa, uheruka kwicwa azira ubwoko bwe Abanyamulenge, mu Mikenke, byabaye kuruyu wa Kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?