Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhanzi Koffi Olomide yahamagajwe kwisobanura kubyo yavuze ko M23 ikubita inshuro igisirikare cya RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 11, 2024
in Regional Politics
0
Umuhanzi Koffi Olomide yahamagajwe kwisobanura kubyo yavuze ko M23 ikubita inshuro igisirikare cya RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhanzi Koffi Olomide yahamagajwe kwisobanura kubyo yavuze ko M23 ikubita inshuro igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni urwego rushinzwe amajwi n’amashusho muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwahamagaje umuhanzi wikirangirire muri Afrika no hanze yayo kwisobanura kubyo yavuze ko igisirikare cy’igihugu nta mirwanire yacyo, ahubwo ko kiri gukubitwa inshyi.

Ahamagajwe nyuma y’uko akoze ikiganiro kuri RTNC, televisiyo y’igihugu cya RDC, mu kiganiro cyitwa “Le panier the morning show’ cyatambutse ku ya 06/07/2024.

Uretse Koffi Olomide watumijwe n’urwego rw’i gihugu muri Congo rushinzwe ubugenzuzi bw’amajwi n’amashusho CSAC(conseil supérieur de l’audiovisuel et de la communication), hanahamagajwe umunyamakuru Jessy Kabasele wari wamwakiriye muri iki kiganiro.

Uyu muhanzi ufatwa nk’igihangange gikomeye muri iki gihugu munjyana ya Rumba, yahamagajwe nyuma yo kunenga imirwanire y’ingabo za leta ya Kinshasa mu ntambara imaze igihe izihanganishije n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ubwo umunyamakuru Jessy Kabasele yabazaga uyu muhanzi kugira icyo avuga kuri iyi mirwano, yamusubije nawe amubaza, ati: “Uravuga iyihe? Akomeza agira ati: “Nta ntambara ihari. Turi gukubitwa inshyi, baradukorera ibyo bishakiye.”

Umunyamakuru arongera ati: “Nibura se urabizi ko twatewe?” Koffi asubuza agira ati: “Intambara ibaho igihe habayeho kurasa, nkaba narasa nawe ukarasa, nk’uko byabaye muri Ukraine.”

Nyuma yiminsi ine iki kiganiro gitambutse, umunyamakuru Jessy Kabasele wari uyoboye icyo kiganiro, yarahagaritswe ndetse n’iki kiganiro kikaba cyahagaritswe gutambuka kuri RTNC.

Ubutumwa bw’umuyobozi wa RTNC bwatambutse ku wa Gatatu tariki ya 10/07/2024, bwa mu menyesheje ko yakoze ikosa ntiyakosora umuririmbyi Koffi Olomide, kandi ngo azi neza ko igihugu cye kiri mu ntambara cyashoweho.

             MCN.
Tags: Koffi OlomideKwisobanura kubyo yavuzeYatumijwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umurwa mukuru w’u Rwanda washizwe mu mijyi ya mbere ikunzwe muri Afrika.

Umurwa mukuru w'u Rwanda washizwe mu mijyi ya mbere ikunzwe muri Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?