• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

minebwenews by minebwenews
June 6, 2025
in World News
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y’aho uyu mukuru w’iki gihugu yatangazaga ko uyu mugabo ukize ku isi ko yataye ubwenge.

Ni kuri uyu wa kane ibyaba bagabo byageze ku musozo wanyuma, ni ubwo Trump yabwiraga Elon Musk umuherwe ukomeye ku isi ko yataye ubwenge, kandi ko amasezerano ye ya miliyari z’amadolari afitanye na Leta ashobora guhagarikwa burundu.

Nyamara umwuka mubi hagati y’aba bombi watangiye ubwo Elon Musk wayoboraga ikigo gishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’umutungo wa Leta, DOGE, yavaga kuri izi nshingano, agasubira mu mirimo ye isanzwe yahoragamo atarahabwa ziriya nshingano yokuba rwiyemezamirimo.

Igitangaje yahise atangira kunenga Trump.
Bivugwa ko gushwana kwa Trump na Musk wari waramubaye hafi cyane mu kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’ibihugu muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, kwaturutse ku misoro irebana n’imodoka z’amashanyarazi kandi ari ho Musk yashoye imari nyinshi binyuze muri Tesla. Ibi byafashaga Elon Musk kugurisha imodoka nyinshi kuko nta misoro ihanitse zari zarashyiriweho.

Musk akimara kubibona mu kwezi kwa kane uyu mwaka, yatangiye gushaka uko yanyura kubagize inteko ishinga amategeko ngo ntibagatore iyo ngingo, abaha n’ibiguzi byinshi, ariko ibyo byose ntibyamuhira.

Indi mapmvu yatumye ashwana na Trump, ni uko Musk yakoraga muri White House nk’umukozi udahoraho wa Leta kandi yari yaratangije ibiganiro ngo yongerewe igihe kuri iyo mirimo itishyurwa, iyo irenze iminsi 130 yari yemewe n’amategeko. Abayobozi muri White House baje kumubwira ko bitashoboka.

Bikomeza bivugwa ko Musk yashakaga ko ikigo gishinzwe indege za gisivile muri Amerika gikoreshwa na internet ya Starlink, sosiyete ye, mu kuyobora indege ku rwego rw’igihugu. Ibyo ubuyobozi bwabyamaganiye kure buvuga ko bishobora gutera impungenge kubera ikimenyane.

Icyaje kuba kibi kurushaho, ni nyuma y’aho Trump yatangaje ko atakigize Jared Isaacman, umwe munshuti za Musk, umuyobozi wa NASA.

Ni naho Musk yahise anenga bikomeye itegeko ry’ingengo y’imari.

Maze Trump ahita abwira abanyamakuru ko atazongera kugirana umubano mwiza na Musk.

Yagize ati: “Njye na Musk twagiranye umubano mwiza cyane, sinzi niba bizongera kubaho.”

Undi na we asubiza byako kanya akoresheje urubuga rwa x ati: “Iyo ntahaba Trump yari gutsindwa amatora. Ni indashima.”

Byarakomeje baterana amagambo ku mbugankoranyambaga, Mask anashinja uwabo kugirana umubano na Epstein washinjwe ibyaha by’ihohotera rishingiye kugitsina.

Ati: “Iki ni gihe cyo gushyira ukuri hanze. Trump afite ibyaha byinshi.”

Tags: MuskTrumpUbushuti
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?