Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhungu w’u muganga wari umaze iminsi yaraburiwe irengero mu mujyi wa Goma, ku mugoroba w’ejo hashize, yatoraguwe ari umurambo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 15, 2024
in Regional Politics
0
Umuhungu w’u muganga wari umaze iminsi yaraburiwe irengero mu mujyi wa Goma, ku mugoroba w’ejo hashize, yatoraguwe ari umurambo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma, umuhungu wu munganga wari umaze iminsi yaraburiwe irengero, ku Cyumweru, ejo hashize, basanze aho yapfiriye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Freddy Balolage, watoraguwe atakiri muzima hubwo ari umurambo, nk’uko byavuzwe kuva ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 14/04/2024.

Ababonye umurambo wa muganga Balolage bavuze ko batamenye icyamwishe, yari umuforomo wakoreraga mu bitaro bya Carmel, byo mu mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Munganga Balolage yabuze kuva ku mugoroba wo ku itariki ya 12/04/2024, ubwo yari avuye mu kazi. Kuva icyo gihe telephone ye ntiyongeye gucamo, nk’uko abanyegoma babivuga.

Yongeye kuboneka ari umurambo ahagana isaha z’umugoroba wo ku munsi w’ejo hashize. Uyu muhungu wari umuforomo apfuye agifite imyaka y’ubuto, kuko yari munsi y’imyaka 30, kandi ataranubaka urugo.

Ku rundi ruhande, kuri iki Cyumweru, igihe c’isaha z’igicamunsi, abasirikare babiri ba FARDC bishe umuturage ba murashe, nyuma y’uko bari bamaze ku mwambura telephone ye, ngendanwa.

Icyakurikiyeho n’uko abandi basirikare bo mwitsinda ry’aba PM bahise baza bata muri yombi ba basirikare bicanye.

Ubwicanyi i Goma bumaze kuba ikindi kintu. Burimunsi hapfa byibuze abantu nka batatu. Kuva mu mpera z’u mwaka ushize, bigeze muri uku kwezi kwa Kane byarushijeho gufata indi ntera.

          MCN.
Tags: BalolageFardcGomaKu CyumweruubwicanyiUmurambo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’idini rya Katolika, muri Congo Kinshasa, Frodolin Ambongo, yasuzuguriwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili.

Umukuru w'idini rya Katolika, muri Congo Kinshasa, Frodolin Ambongo, yasuzuguriwe ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Ndjili.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?