Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yavuze ko hari ikigiye gukorwa vuba ku ngabo za RDC n’iza banyamahanga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 26, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yavuze ko hari ikigiye gukorwa vuba ku ngabo za RDC n’iza banyamahanga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yagaragaje ko hari umupango wo ku maraho ingabo ziburiza uburyo abaturage ba Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ibiri mu nyandiko umuhuza bikorwa wa M23 Benjamin Mbonimpa yashize ku urubuga rwa X, rwa hoze rwitwa Twitter.

Ibi yabivuze nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bari bongeye gusubukura gutera ibisasu biremereye mu baturage, aho no kuri iki Cyumweru, tariki ya 25/02/2024, bagabye ibitero mu gace kari mu nkengero za Sake, Bwemerimana, n’ahandi, muri teritware ya Masisi.

Benjamin Mbonimpa yagize ati: “N’ubwo ingabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bakomeje kugaba ibitero mu baturage baturiye Sake na Bwemerimana, ariko nti bya bujije ko M23 ibakubita, twa bakubise kandi tubarwanya kinyamwuga.”

Yakomeje agira ati: “Gusa niba ingabo za FARDC naziriya za banyamahanga badahagaritse kugaba ibitero mu banyekongo, si mbahisha, hari umupango ukomeye wo kumaraho ziriya mbaraga z’u mu ijima, kugira ngo Abaturage ba RDC bagire amahoro.”

Mu mirwano yasakiranije ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa n’u mutwe wa M23, mu masaha y’igitondo cyo ku Cyumweru, bya vuzwe ko muri urwo rugamba ko rwa guyemo abasirikare benshi b’u Burundi, aba Afrika y’Epfo, n’ingabo za RDC.

Iyo mirwano kandi M23 iza kuyifatamo ibikoresho byinshi bya gisirikare, harimo imbunda zirasa kure izo bita iza “mizinga.”

Ibi byemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, twa bakubise kandi twa bambuye n’imbunda zirasa kure.”

Lawrence Kanyuka, nti yahwemye no kwigamba ko M23 yarwanye kinyamwuga.

Ati: “Mu rugamba M23 yarwanye, kuri iki Cyumweru, yarwanye mu buryo bwa kinyamwuga.”

Kurundi ruhande hari amakuru yatanzwe n’abaturage baturiye ibyo bice bavuga ko mu bice bya Bwerimana ko muri urwo rugamba rwari rushamiranije ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23 ko rwa guyemo abasirikare benshi b’u Burundi n’aba Afrika y’Epfo.

Ati: “M23 yishe abasirikare barenga 49 bapfiriye neza hafi na Bwemerimana, barimo Ingabo z’u Burundi n’aba Afrika y’Epfo.”

           MCN.
Tags: Ikigiye gukorwa vubaIngabo za RDCIza banyamahangaUmuhuza bikorwa wa M23 Benjamin Mbonimpa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zi nubiye ubuyobozi bw’Ingabo zabo aho boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.

Ingabo z'u Burundi zi nubiye ubuyobozi bw'Ingabo zabo aho boherejwe mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?