• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yavuze ko hari ikigiye gukorwa vuba ku ngabo za RDC n’iza banyamahanga.

minebwenews by minebwenews
February 26, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yavuze ko hari ikigiye gukorwa vuba ku ngabo za RDC n’iza banyamahanga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yagaragaje ko hari umupango wo ku maraho ingabo ziburiza uburyo abaturage ba Congo.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni ibiri mu nyandiko umuhuza bikorwa wa M23 Benjamin Mbonimpa yashize ku urubuga rwa X, rwa hoze rwitwa Twitter.

Ibi yabivuze nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bari bongeye gusubukura gutera ibisasu biremereye mu baturage, aho no kuri iki Cyumweru, tariki ya 25/02/2024, bagabye ibitero mu gace kari mu nkengero za Sake, Bwemerimana, n’ahandi, muri teritware ya Masisi.

Benjamin Mbonimpa yagize ati: “N’ubwo ingabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bakomeje kugaba ibitero mu baturage baturiye Sake na Bwemerimana, ariko nti bya bujije ko M23 ibakubita, twa bakubise kandi tubarwanya kinyamwuga.”

Yakomeje agira ati: “Gusa niba ingabo za FARDC naziriya za banyamahanga badahagaritse kugaba ibitero mu banyekongo, si mbahisha, hari umupango ukomeye wo kumaraho ziriya mbaraga z’u mu ijima, kugira ngo Abaturage ba RDC bagire amahoro.”

Mu mirwano yasakiranije ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa n’u mutwe wa M23, mu masaha y’igitondo cyo ku Cyumweru, bya vuzwe ko muri urwo rugamba ko rwa guyemo abasirikare benshi b’u Burundi, aba Afrika y’Epfo, n’ingabo za RDC.

Iyo mirwano kandi M23 iza kuyifatamo ibikoresho byinshi bya gisirikare, harimo imbunda zirasa kure izo bita iza “mizinga.”

Ibi byemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, twa bakubise kandi twa bambuye n’imbunda zirasa kure.”

Lawrence Kanyuka, nti yahwemye no kwigamba ko M23 yarwanye kinyamwuga.

Ati: “Mu rugamba M23 yarwanye, kuri iki Cyumweru, yarwanye mu buryo bwa kinyamwuga.”

Kurundi ruhande hari amakuru yatanzwe n’abaturage baturiye ibyo bice bavuga ko mu bice bya Bwerimana ko muri urwo rugamba rwari rushamiranije ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23 ko rwa guyemo abasirikare benshi b’u Burundi n’aba Afrika y’Epfo.

Ati: “M23 yishe abasirikare barenga 49 bapfiriye neza hafi na Bwemerimana, barimo Ingabo z’u Burundi n’aba Afrika y’Epfo.”

           MCN.
Tags: Ikigiye gukorwa vubaIngabo za RDCIza banyamahangaUmuhuza bikorwa wa M23 Benjamin Mbonimpa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zi nubiye ubuyobozi bw’Ingabo zabo aho boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.

Ingabo z'u Burundi zi nubiye ubuyobozi bw'Ingabo zabo aho boherejwe mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?