Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kugaragaza Intego yatumye M23 bafata intwaro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kugaragaza Intego yatumye M23 bafata intwaro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yongeye kugaragaza Intego yatumye bafata imbunda barwanya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni munyandiko umuhuza bikorwa wa M23 yashize hanze kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 2/02/2024, ubwo yasubizaga abanyamakuru bakora propaganda zo kwanga M23.

Mur’izo nyandiko Benjamin Mbonimpa, yagize ati: “Twahisemo gucyecekesha intwaro zitera imibabaro no guhoza abasivile mu byunamo. Abakuwe mu byabo turabizeza kuzongera gusubira mubyabo. Iy’i niyo ntego yacyu.

Umutwe wa M23 wongeye kubura imirwano ahagana mu mpera z’u mwaka w ‘2021, nyuma y’uko bari bamaze imyaka 8 mu buhingiro mu gihugu cya Uganda aho bari baratsinzwe intambara yo mu mwaka w ‘2013.

Kugira ngo leta ya Kinshasa itsinde M23 muri uwo mwaka tuvuze haruguru, nimugihe ubutegetsi bwa perezida Joseph Kabila, wari uyoboye RDC icyo gihe, bari biyambaje ingabo za SADC, arizo kandi kuri ubu ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, biyambaje ngo babafashe ku rwanya M23.

Gusa ibyo mu mwaka w ‘2013 bisa n’ibitundakanye cyane nibyo muri ikigihe, nimugihe M23 igenda igaragaza imbaraga zidasanzwe aho imaze kwambura ihuriro ry’ingabo za Perezida Félix Tshisekedi( SADC, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na Wagner Group), ibice byinshi, biherereye muri teritware ya Masisi na Rutsuru ndetse na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuva imirwano y’ubura mu mwaka w’2021 nta gace kazwi ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bari bambura M23.

Kugeza n’uyumunsi imirwano irakomeje kandi M23 ikomeje kuja imbere ariko n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zigenda zihunga.

Bruce Bahanda.

Tags: Bafata intwaroIntegoM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burundi, Imbonerakure mu Ntara ya Cibitoki, zatsembye zanga koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, muri RDC, kurwanya M23.

Mu Burundi, Imbonerakure mu Ntara ya Cibitoki, zatsembye zanga koherezwa muri Kivu y'Amajyaruguru, muri RDC, kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?