• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kugaragaza Intego yatumye M23 bafata intwaro.

minebwenews by minebwenews
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kugaragaza Intego yatumye M23 bafata intwaro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yongeye kugaragaza Intego yatumye bafata imbunda barwanya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni munyandiko umuhuza bikorwa wa M23 yashize hanze kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 2/02/2024, ubwo yasubizaga abanyamakuru bakora propaganda zo kwanga M23.

Mur’izo nyandiko Benjamin Mbonimpa, yagize ati: “Twahisemo gucyecekesha intwaro zitera imibabaro no guhoza abasivile mu byunamo. Abakuwe mu byabo turabizeza kuzongera gusubira mubyabo. Iy’i niyo ntego yacyu.

Umutwe wa M23 wongeye kubura imirwano ahagana mu mpera z’u mwaka w ‘2021, nyuma y’uko bari bamaze imyaka 8 mu buhingiro mu gihugu cya Uganda aho bari baratsinzwe intambara yo mu mwaka w ‘2013.

Kugira ngo leta ya Kinshasa itsinde M23 muri uwo mwaka tuvuze haruguru, nimugihe ubutegetsi bwa perezida Joseph Kabila, wari uyoboye RDC icyo gihe, bari biyambaje ingabo za SADC, arizo kandi kuri ubu ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, biyambaje ngo babafashe ku rwanya M23.

Gusa ibyo mu mwaka w ‘2013 bisa n’ibitundakanye cyane nibyo muri ikigihe, nimugihe M23 igenda igaragaza imbaraga zidasanzwe aho imaze kwambura ihuriro ry’ingabo za Perezida Félix Tshisekedi( SADC, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na Wagner Group), ibice byinshi, biherereye muri teritware ya Masisi na Rutsuru ndetse na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuva imirwano y’ubura mu mwaka w’2021 nta gace kazwi ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bari bambura M23.

Kugeza n’uyumunsi imirwano irakomeje kandi M23 ikomeje kuja imbere ariko n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zigenda zihunga.

Bruce Bahanda.

Tags: Bafata intwaroIntegoM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burundi, Imbonerakure mu Ntara ya Cibitoki, zatsembye zanga koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, muri RDC, kurwanya M23.

Mu Burundi, Imbonerakure mu Ntara ya Cibitoki, zatsembye zanga koherezwa muri Kivu y'Amajyaruguru, muri RDC, kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?