• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kwigamba gutsinda ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 25, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kwigamba gutsinda ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kwigamba kugira ingabo zifite imbaraga.

Mbonimpa, aheruka kuvuga ibigwi by’ingabo za M23 k’u wa mbere w’iki Cyumweru turimo, nimugihe ingabo za ARC/M23, zari zimaze gutsinda urugamba muri Karuba, Kibumba no mu nkengero z’ibi bice.

Yagize ati: “Ibyiringiro byose by’ihuriro ry’Ingabo z’umwijima, bya hindutse ubusa(zero), bagerageje kurwana muri Kibumba, ho muri teritware ya Nyiragongo no muri Masisi mubice bya Karuba na Mweso, werekeza Kashunga na Pilote, ariko bakubiswe inshuro n’Abasirikare ba ARC.”

Ejo hashize, tariki ya 24/01/2024, naho Benjamin Mbonimpa, yongeye kuvuga imbaraga z’Ingabo za ARC, ninyuma y’uko M23 irwanye urugamba rwo mugace ka Kanyangohe, gaherereye mu kirometere kimwe na Mweso, aho bivugwa ko Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa zahateye ari benshi biza kurangira M23 ibirukanye muri ibyo bice.

Benjamin Mbonimpa, yagize ati: “Nta kindi Gisirikare wa bona gikomeye kiruta kuva inyuma kwa M23, reka mba bwire M23 yamaze kuva inyuma. Ntizasubira inyuma.”

Amakuru avuga ko muri Kanyengohe, ko habereye urugamba rukomeye, nk’uko MCN ya bibwiwe. Uwatanze ubuhamya bw’urugamba rwa bereye Kanyangohe, yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bashaka gufata umusozi wa Kanyengohe kuko n’ahantu heza hirengereye ariko bakubitswe na M23 bahunga ubutagaruka.”

Yakomeje agira ati: “FARDC n’abambari babo na SADC, bari baje ku bwinshi ariko ibyabo byahindutse ubusa. Ejo habaye imirwano ikomeye cyane.”

Kugeza ubu M23 igenzura ibice bya Mweso, Kanyangohe no mu nkengero zaho.

Andi makuru n’uko mu bice bya Nyiragongo hari umutekano muke ni mugihe abaturage bakomeje kuva muri ibyo bice berekeza i Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Benjamin MbonimpaUmuhuza bikorwa wa M23Yigambye gutsinda Urugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23, mu bya politike, yakuriye inzira ku murima Abanyamakuru barutwitsi bakorera mukwaha k’u butegetsi bwa Kinshasa, bagatangaza ibinyoma.

Umuvugizi wa M23, mu bya politike, yakuriye inzira ku murima Abanyamakuru barutwitsi bakorera mukwaha k'u butegetsi bwa Kinshasa, bagatangaza ibinyoma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?