Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kwigamba gutsinda ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 25, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kwigamba gutsinda ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kwigamba kugira ingabo zifite imbaraga.

Mbonimpa, aheruka kuvuga ibigwi by’ingabo za M23 k’u wa mbere w’iki Cyumweru turimo, nimugihe ingabo za ARC/M23, zari zimaze gutsinda urugamba muri Karuba, Kibumba no mu nkengero z’ibi bice.

Yagize ati: “Ibyiringiro byose by’ihuriro ry’Ingabo z’umwijima, bya hindutse ubusa(zero), bagerageje kurwana muri Kibumba, ho muri teritware ya Nyiragongo no muri Masisi mubice bya Karuba na Mweso, werekeza Kashunga na Pilote, ariko bakubiswe inshuro n’Abasirikare ba ARC.”

Ejo hashize, tariki ya 24/01/2024, naho Benjamin Mbonimpa, yongeye kuvuga imbaraga z’Ingabo za ARC, ninyuma y’uko M23 irwanye urugamba rwo mugace ka Kanyangohe, gaherereye mu kirometere kimwe na Mweso, aho bivugwa ko Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa zahateye ari benshi biza kurangira M23 ibirukanye muri ibyo bice.

Benjamin Mbonimpa, yagize ati: “Nta kindi Gisirikare wa bona gikomeye kiruta kuva inyuma kwa M23, reka mba bwire M23 yamaze kuva inyuma. Ntizasubira inyuma.”

Amakuru avuga ko muri Kanyengohe, ko habereye urugamba rukomeye, nk’uko MCN ya bibwiwe. Uwatanze ubuhamya bw’urugamba rwa bereye Kanyangohe, yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bashaka gufata umusozi wa Kanyengohe kuko n’ahantu heza hirengereye ariko bakubitswe na M23 bahunga ubutagaruka.”

Yakomeje agira ati: “FARDC n’abambari babo na SADC, bari baje ku bwinshi ariko ibyabo byahindutse ubusa. Ejo habaye imirwano ikomeye cyane.”

Kugeza ubu M23 igenzura ibice bya Mweso, Kanyangohe no mu nkengero zaho.

Andi makuru n’uko mu bice bya Nyiragongo hari umutekano muke ni mugihe abaturage bakomeje kuva muri ibyo bice berekeza i Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Benjamin MbonimpaUmuhuza bikorwa wa M23Yigambye gutsinda Urugamba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23, mu bya politike, yakuriye inzira ku murima Abanyamakuru barutwitsi bakorera mukwaha k’u butegetsi bwa Kinshasa, bagatangaza ibinyoma.

Umuvugizi wa M23, mu bya politike, yakuriye inzira ku murima Abanyamakuru barutwitsi bakorera mukwaha k'u butegetsi bwa Kinshasa, bagatangaza ibinyoma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?