• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame yakiriye umuhuza ku kibazo kiri hagati y’u Rwanda na Congo, hamenyekana n’icyo ibiganiro byabo byibanzeho.

minebwenews by minebwenews
April 22, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Kagame yakiriye umuhuza ku kibazo kiri hagati y’u Rwanda na Congo, hamenyekana n’icyo ibiganiro byabo byibanzeho.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yakiriye umuhuza ku kibazo kiri hagati y’u Rwanda na Congo hamenyekana n’icyo ibiganiro byabo byibanzeho.

You might also like

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

Perezida Faure Gnassingbé wa Togo, uheruka guhabwa inshingano z’ubuhuza ku kibazo cya Congo n’u Rwanda yakiriwe na perezida Paul Kagame w’u Rwanda mu biro bye.

Aha’rejo ku wa mbere tariki ya 21/04/2025, ni bwo perezida Kagame yakiriye mu biro bye mugenzi we wa Togo.

Ibi biro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda byatangaje ko perezida Paul Kagame yakiriye Gnassingbé ku mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 21/04/2025, baganira ku ntambwe imaze guterwa mu biganiro bigamije kugushakira amahoro arambye u Burasirazuba bwa Congo no mu karere.

Itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro bya perezida wa Togo, ryavugaga ko uruzinduko rwa Gnassingbé i Kigali rugamije gushimangira ubushake bwe mu gukorana n’abandi bafatanyabikorwa mu gushaka igisubizo kirambye ku makimbirane ari hagati y’u Rwanda na Congo.

Gnassingbé mu minsi mike ishize nibwo umuryango wa Afrika Yunze ubumwe wamuhaye inshingano zo kuba umuhuza.

Togo muri iryo tangazo ryayo, ivuga ko ikiyiraje inshinga ari ugushinga imfatiro z’ibiganiro byubaka ndetse n’ubwiyunge burambye, mu rwego rwo gushakira umuti urambye amakimbirane yo muri Congo akomeje gushegesha akarere k’ibiyaga bigari.

Togo kandi ivuga ko perezida wayo yiteguye gukorana n’inzego zose zirebwa n’iki kibazo kiri hagati y’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo no gufasha ibihugu byombi kwiyunga.

Uyu mukuru w’iki gihugu cya Togo yagizwe umuhuza w’u Rwanda na Congo asimbuye kuri izi nshingano perezida Joao Lourenco wa Angola.

Ubundi kandi uyu mukuru w’iki gihugu yageze i Kigali mu Rwanda, nyuma y’aho yari aheruka i Kinshasa muri RDC, urugendo rwasize abonanye na perezida Felix Tshosekedi n’abandi bayobozi batandukanye bo muri iki gihugu.

Hagataho, u Rwanda rushinja RDC gukorana na FDLR irurwanya inagizwe kandi n’abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi muri iki gihugu cy’u Rwanda.

Ni mu gihe RDC nayo irushinja gufasha umutwe wa M23 urwanya ubu butegetsi, ibyo u Rwanda rwakomeje guhakana, ndetse n’uy’u mutwe wa M23 ubitera utwatsi.

Tags: GnassingbéKagameRdcU Rwanda
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC Guverinoma y'u Rwanda yamaganye ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja ingabo zarwo kuryanisha Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo ryagabye igitero i Kavumu.

Mpuruyaha ku gitero gikomeye ihuriro ry'ingabo za Congo zagabye i Nyangenzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?