Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umujanama Wa Moïse Katumbi, Yatawe Muriyombi Ninzego Zishinzwe Iperereza I Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 30, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mubatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, Salomon Kalonda SK Della yatawe muri yombi ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili homuri Kinshasa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 30.05.2023, saa 2:50pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umwe mubafatanya bikorwa wahafi wa Moïse Katumbi, Bwana Salomon Ssanga, yatawe muriyombi i Kinshasa akaba yafatiwe kukibuga gikuru c’indege cya Ndjili, gusa aho yerekezaga hakaba hataramenyekana nkuko Radio Okapi ibitangaza.

Iri fatwa rya Sasanga, umugabo utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, abantu benshi kumbuga nkoranya Mbaga (Social Media), bakomeje kwamagana abakoze iribara nkuko bigaragara

Bamwe mubanyapolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bavuze ko iki gikorwa cyoguhagarika Sasanga cyerekana bihagije ko demokarasi itabaho muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Katumbi yagize ati: “Ifatwa rya Sasanga ni ishimutwa rikabije. Nta shingiro bifite kumuhagarika ibi binyuranyije n’amategeko.”

Matata Ponyo we yamaganye iri fatwa kandi asaba ko yarekurwa vuba bidatinze, aho yagize ati: “Maze kumenya ko Salomon Kalonda, umwe mu bafatanyabikorwa ba hafi ba Moïse Katumbi, ko yashimuswe ubwo yari kukibuga cy’indege cya Kinshasa, yafashwe n’abagabo bambaye imyenda ya gisivili. Ndamagana iyi leta yigitugu kandi ndasaba ko yamurekura vuba.”

Tubibutsa ko Matata Mponyo, yigezeho kuba Minisitiri w’intebe, muri RDC ubwo President Joseph Kabira yarakiri kubutegetsi i Kinshasa.

Matata Mponyo, yakomeje avuga ko “Biratangaje gusa biratwereka ko Demokarasi yapfuye muriki gihugu ariko bizageraho bisobanuke.”

Perezida w’ishyaka rya ritavuga rumwe n’ubutegetsi “Envol”, Delly Sesanga, we yamaganye ibikorwa bya leta ya Kinshasa, aho yagize ati: “Ishimutwa ry’abanyapolitiki kugira ngo bacecekeshe abatavuga rumwe n’ubutegetsi ni umuco mubi tugomba kuwamagana. Nyuma yo gushimuta mugenzi wanjye Omelanga Lens, umaze iminsi irenga 30 afungiwe muri ANR(Ishamyi rishinzwe iperereza), nongeye kubabazwa nifatwa rya Salomon Kalonda, wafashwe uyu munsi ku kibuga cy’indege cya Ndjili.”

Tubibutsa ko uyumugabo watawe muriyombi numwe mubajanama babahafi na Moïse Katumbi, umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Tags: NdjiliSasangaYatawe Muriyombi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Bakozanijeho Gato M23 Na Nyatura, Mugace Ka Murimbi Na Rusekera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?