Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umukobwa muto wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini rya gikristo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 24, 2024
in Religion
0
Umukobwa muto wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini rya gikristo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukobwa wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Ni Shakira Nakirya w’imyaka 19 wakubiswe inkoni ninshi kuberako yagiye gusengera mu idini ry’abarokore kandi ari umuyisilamu.

Amashusho yagiye hanze kuva ku munsi w’ejo hashize yagaragaje uriya mukobwa ari gukubitwa inkoni byo ku mwica, ni mu gihe yari yakoze urugendo ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize avuye mu materaniro y’abarokore kandi asanzwe ari umuyisilamu hamwe n’umuryango avukamo.

Ubwo yari amaze kugera kwa Hajji Kosi, uwo bavuga ko ari musaza wa nyina yaramufashe amurambika hasi batangira ku mukubita bidasanzwe ba muhora ko avuye gusengera mu nsegero z’abarokore.

Muri ariya mashusho, agaragaza abantu benshi harimo abasore n’abakobwa barimo gukubitagura Shakira arambaraye hasi avuza n’induru.

Video ibyerekana w’umvaga n’amajwi bavuga ko Shakira yakubiswe inkoni ijana.

Bikavugwa ko mama wa Shakira asanzwe ari mu gihugu cya Arabia Saoudite, ariko ko ariwe wahamagaye basaba we gukora ibishoboka byose bagakubita umukobwa we, uwo yari yabwiwe ko yagiye gusengera mu Bayisilamu.

Ibi nibyo byatumye abarimo imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yo mu gihugu cya Uganda, ihaguruka kugira ngo ivuganire uyu mwana w’u mukobwa.

Amakuru anavugwa ko Polisi yo mu bice bya Kikubu imaze guta muri yombi abantu bagera kuri barindwi bagaragaye mu mashusho bakubita Shakira nk’uko byamaze kwemezwa n’inzego z’u mutekano.

                 MCN.
Tags: Rya gikristoUmukobwaYakubiswe inkoni azira idini
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.

Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?