• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’idini rya Katolika, muri Congo Kinshasa, Frodolin Ambongo, yasuzuguriwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili.

minebwenews by minebwenews
April 15, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’idini rya Katolika, muri Congo Kinshasa, Frodolin Ambongo, yasuzuguriwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Karidinali Frodolin Ambongo wo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasuzuguriwe ku k’ibuga cy’indege cya ndjili, i Kinshasa ku murwa mukuru w’icyo gihugu.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Nibikubiye mu itangazo umwanditsi wa Karidinali Frodolin Ambongo yashize hanze kuri iki Cyumweru, aho iryo tangazo rivuga ko Karidinali yangiwe kunyura ahagenewe abanyacyubahiro ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi ni byabaye ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru ubwo Ambongo yari agiye mu ruzinduko mu gihugu cy’u Butaliyani.

Itangazo ry’u mwanditsi wa Ambongo rigira riti: “Arikidiyoseze ya Kinshasa yamaganye yivuye inyuma ibikorwa bitesha agaciro serivisi zikibuga cy’indege zimye uburenganzira nyiricyubahiro Tata Karidinali Frodolin Ambongo, guca ahagenewe abanyacyubahiro, ubwo yerekeraga i Roma mu Butaliyani, tariki ya 14/04/2024.”

Itangazo rikomeza rivuga ko “Karidinali Frodolin Ambongo yagiye muri misiyo ikomeye ku bibazo biri mu gihugu imbere, kandi ko yahamagawe na papa Francis; ndetse ko aho yabujijwe kunyura yahoraga ahanyura.”

Ibi kandi byamaganwe n’ihuriro rya LAMUKA rya Martin Fayulu, mu nyandiko bashize hanze, bagize bati: “Kutubaha Karidinali Frodolin Ambongo, bigaragaza ubutegetsi bw’i gitugu.Tuzi neza ko n’igihe cya Joseph Kabila Kabange ubutegetsi bwe ntibwigeze butinyuka gusuzugura Karidinali.”

Ibi bije mu gihe hamaze iminsi Karidinali Frodolin Ambongo atemeranya n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo.

Ku munsi wo gusoza Pasika, Ambongo yabwiye aba kristo ko igihe nikigera bazabona igisirikare kitari waringa, ninyuma y’uko yari amaze kugereranya igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo na Waringa.

Nyuma yubwo umuvugizi wa leta ya Kinshasa, Patrick Muyaya yashinje Karidinali Frodolin Ambongo kuba ashigikiye imitwe y’itwaje imbunda irwanya ubutegetsi ndetse avuga ko Ambongo ashigikiye imitwe yica abenegihugu ba Congo Kinshasa. Ibyo Ambongo yaje kubitera utwatsi avuga ko atashigikira ibikorwa bihunganya umutekano w’i gihugu cye.

          MCN.
Tags: Karidinali Frodolin AmbongoKatolikaKinshasaKu kibuga cy'indege mpuzamahanga cya NdjiliYasuzuguriwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Imirambo icyumi n’umunani y’abaturage yatoraguwe mu mirima, muri teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Imirambo icyumi n'umunani y'abaturage yatoraguwe mu mirima, muri teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?