• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, arashinjwa kuba yaragurishije i Gihugu (Balkanisation).

minebwenews by minebwenews
December 17, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, arashinjwa kuba yaragurishije i Gihugu ca RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ibi n’ibyatangajwe n’u mu kandida nimero 21, Martin Fayulu, aho yabivuze mugihe yarimo y’iyamaza, kuri uyu wo kw’itariki 17/12/2023, mu Ntara ya Congo Central, yagize ati: “Félix Tshisekedi, yagurishije i Gihugu cyacu. Ibi mbivuze mbizi kandi mbihagazeho, abarwanyi ba M23 yigeze kubacyumbikira i minsi itatu, ishira bari mu biganiro nawe muri Kinshasa, ku murwa mukuru w’igihugu ca RDC.”

Yunzemo kandi ati: “Ndabizi neza ko Félix Tshisekedi, yasinyanye amasezerano akomeye na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame. N’inde utazi ko Kagame, Tshisekedi yigeze kumutumira inkubwe zibiri, uko ageze i Kinshasa, abantu ba Tshisekedi baka muririmbira?”

“Rero ibyo Tshisekedi abahenda ngo aratuka u Rwanda, ni ukuturangaza ! Arashaka ko turangara ariko nyamara ni muhumura amaso muzasanga igihugu yaragicyiyemo!”

Martin Fayulu, avuze ibi mugihe hasigaye iminsi itatu Amatora ategerejwe kuba muri RDC akaba. Aba bagabo bombi barahanganye, ndetse ko n’amatora yo mu mwaka w’2018 bari bahanganye. Kugeza ubu Martin Fayulu avuga ko ariwe wari watsinze Amatora y’ubushize.

Bruce Bahanda.

Tags: ArashinjwaBalkanisationFélix TshisekediIgihuguMartin FayuluUmukuruYaragurishije i Gihugu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Perezida William Ruto, wa Kenya, yahaye RDC , igisubizo yamusabye cyo guta muriyombi Corneille Nangaa.

Comments 1

  1. Apostilleindo says:
    2 years ago

    Great blog you have here but I was wondering if you
    knew of any user discussion forums that cover the same topics discussed
    in this article? I’d really like to be a part of group where I
    can get feedback from other knowledgeable people that share the same interest.
    If you have any recommendations, please let me know. Appreciate it!

    Here is my webpage Apostilleindo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?