Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, arashinjwa kuba yaragurishije i Gihugu (Balkanisation).

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 17, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, arashinjwa kuba yaragurishije i Gihugu ca RDC.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ibi n’ibyatangajwe n’u mu kandida nimero 21, Martin Fayulu, aho yabivuze mugihe yarimo y’iyamaza, kuri uyu wo kw’itariki 17/12/2023, mu Ntara ya Congo Central, yagize ati: “Félix Tshisekedi, yagurishije i Gihugu cyacu. Ibi mbivuze mbizi kandi mbihagazeho, abarwanyi ba M23 yigeze kubacyumbikira i minsi itatu, ishira bari mu biganiro nawe muri Kinshasa, ku murwa mukuru w’igihugu ca RDC.”

Yunzemo kandi ati: “Ndabizi neza ko Félix Tshisekedi, yasinyanye amasezerano akomeye na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame. N’inde utazi ko Kagame, Tshisekedi yigeze kumutumira inkubwe zibiri, uko ageze i Kinshasa, abantu ba Tshisekedi baka muririmbira?”

“Rero ibyo Tshisekedi abahenda ngo aratuka u Rwanda, ni ukuturangaza ! Arashaka ko turangara ariko nyamara ni muhumura amaso muzasanga igihugu yaragicyiyemo!”

Martin Fayulu, avuze ibi mugihe hasigaye iminsi itatu Amatora ategerejwe kuba muri RDC akaba. Aba bagabo bombi barahanganye, ndetse ko n’amatora yo mu mwaka w’2018 bari bahanganye. Kugeza ubu Martin Fayulu avuga ko ariwe wari watsinze Amatora y’ubushize.

Bruce Bahanda.

Tags: ArashinjwaBalkanisationFélix TshisekediIgihuguMartin FayuluUmukuruYaragurishije i Gihugu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post

Perezida William Ruto, wa Kenya, yahaye RDC , igisubizo yamusabye cyo guta muriyombi Corneille Nangaa.

Comments 1

  1. Apostilleindo says:
    1 year ago

    Great blog you have here but I was wondering if you
    knew of any user discussion forums that cover the same topics discussed
    in this article? I’d really like to be a part of group where I
    can get feedback from other knowledgeable people that share the same interest.
    If you have any recommendations, please let me know. Appreciate it!

    Here is my webpage Apostilleindo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?