• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, yasabye L’ONI ko umugambi wokuvana Monusco muri RDC wihutishwa.

minebwenews by minebwenews
September 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasabye ko umugambi wo kuvana abasirikare b’umuryango wa b’ibumbye ku butaka bwa Congo wihutishwa.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Izi Ngabo za L’ONI zimaze imyaka ikaba kaba 25 kuri ubu butaka bwa RDC. Ibi perezida Félix Tshisekedi yabivugiye mu Nama ya L’ONI igira iya 78, ikaba irimo kubera mu Mujyi wa New York, muri leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Mw’ijambo rya Perezida Félix Tshisekedi, yagize ati: “Harageze ko Congo yifatira ibyemezo no gutegura ejo hazaza.”

Ku bwa Tshisekedi, ingabo za L’ONI zibarirwa mu bihumbi 15 zananiwe guhagarika imitwe y’itwaje imbunda irwanira ku butaka bwa Congo Kinshasa ndetse no kurinda abasivile ibitero bagabwaho.

Iki gihugu ca RDC, kigize imyaka myinshi gisaba ko ingabo za MONUSCO zihambira zikabavira mugihugu. Ndetse ibi byagiye biviramo ko abaturage benshi bahasesekarira amaraso nimugihe bakoraga imyigaragambyo basaba ko izi Ngabo za L’ONI zibavira kubutaka bwabo.

Mu mwaka wa 2020, ni ho akanama ka L’ONI gashinzwe umutekano kemeje ko ingingo zitandukanye zerekana ingene ibikorwa byo gucunga umutekano wa Congo hagati y’abasirikare ba L’ONI n’abasirkare ba Congo, bazotsimburana.

Mu gihe uwo mugambi werekana neza ko abasirikare ba L’ONI bazova ku butaka bwa Congo mu kwezi kwa cumi na kabiri ko mu mwaka wa 2024, Repubulika ya demokarasi ya Congo mu kwezi kw’icenda uno mwaka, yasabye ako kanama ka L’ONI gashinzwe umutekano gushira uwo mugambi mu kwa cumi na kabiri k’uno mwaka. Muri ico gihe, ni na ho Perezida Tshisekedi azoba ariko y’iyamamariza mu Matora y’umukuru w’igihugu ku ncuro ya kabiri.

Perezida Tshisekedi we yabwiye L’ONI ko bariya basirikare ba Monusco batagikenewe muri RDC kandi ko batizewe mugushira mubikorwa Inshingano zabo. Gusa leta Zunze ubumwe z’Amerika ziheruka kumenyesha akanama gashinzwe umutekano muri L’ONI ko hataragera ko Congo yifasha igikorwa co kurinda umutekano wa baturage.

Iki cyipfuzo co kwihutisha umugambi wo kuvana abasirikare ba L’ONI muri RDC, congeye kugaruka mu gihe hamaze kuba imyigaragambyo itari mike y’abaturage ahanini Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ingabo za L’ONI ziri ku butaka bwa Congo kuva mu mwaka wa 1999.

By Bruce Bahanda.

Tariki 21/09/2023.

Tags: Félix TshisekediKwihutishaumugambiWokuvana Monusco kubukata bwa RDCYasabye L'ONI
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Igihugu ca Israel ngo kigiye gufasha RDC mubijanye n'umutekano ndetse n'ikorana buhanga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?