• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, afite amaraso ya banye-kongo mubiganza bye.

minebwenews by minebwenews
September 5, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ngo perezida Félix Tshisekedi n’ibyitso bye bafite amaraso y’Abanyekongo mu biganza byabo, ibi nibyavuzwe na Corneille Nangaa.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Ati: “Ntidushinje FARDC, kuba aribo bicanyi kuko abicanyi bakomoka mu barinzi ba perezida (GR). Utanga amabwiriza nta wundi ni Félix Tshisekedi ku giti cye (ingingo ya 10 Itegeko- No 13-063 ryerekeye imitunganyirize n’imikorere y’ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu.”

Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo igihe Joseph Kabira yari perezida, ubu abarizwa mu buhungiro nyuma yo kutumvikana n’ubutegetsi buriho, avuga ko Perezida Tshisekedi afite amaraso y’abanyekongo mu biganza kandi agomba kubibazwa.

Ibi yabivuze akoresheje urukuta rwe rwa Twitter, Nangaa yagize ati “Perezida Félix Antoine Tshisekedi, n’ibyitso bye bafite amaraso y’Abanyekongo mu ntoki zabo, bazabisubiza. Ubwicanyi bwakorewe inzirakarengane zigera mu 100 ntibushobora kugenda budahanwe. Oya. Ku miryango yacu, tuzitabaza Urukiko Nyafrika rw’Uburenganzira bwa Muntu n’Abaturage n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha kubera icyaha rusange n’ibyaha byibasiye inyokomuntu.

Nangaa akomeza avuga ko hagati aho, ubutegetsi burimo kugerageza kuburizamo ibyabaye buhagarika interineti no kwibasira inzu bwite ya Perezida Kabira. Kurangaza rubanda no kubeshya ko burimo gukora iperereza ku byabaye kandi nta kizavamo.

Ati “Uburasirazuba bwa Congo burava amaraso menshi. Bashishikajwe n’ubutunzi bwabwo gusa. Gucecekesha kw’abayobozi b’iburasirazuba (Muri Kivu) guteye amakenga!”

Akomeza avuga ko kuba Tshisekedi yaragumishijeho état de siège nyamara benshi barifuzaga ko ivanwaho ari ikimenyetso cibibi bikomeje kuba muri Kivu zombi.

“Intego ntabwo ikiri intambara, ahubwo ni akajagari. Kwica, kunyereza, intambara ya politiki ku batavuga rumwe n’ubutegetsi n’ubugome. Witonde, nta manda ya kabiri uzabona.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 05/08/2023.

Tags: Afite amaraso ya banye-kongo mubiganza byeFélix TshisekediNangaaUmukuru w'igihugu ca RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Mu Minembwe, abachefs bakomoka mu Mibunda bahamagawe gukorana ibiganiro n'ingabo za Fardc.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?