Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Angola, João Lourenço, yaganiriye na perezida Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 27, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya Angola, João Lourenço, yaganiriye na perezida Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Angola João Lourenço, yakoranye ikiganiro na perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’ikiganiro bivugwa ko cyakozwe mur’iki Cyumweru, turimo dusoza, aho bya vuzwe ko icyo kiganiro bagikoze k’u murongo wa telephone ngendanwa, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya Angop cyo mu gihugu cya Angola.

Ibi kandi byemejwe n’umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu wa Angola, yavuze ko hashize amasaha atari menshi perezida wa RDC, Félix Tshisekedi aganiriye n’umukuru w’igihugu cyabo.

Bivugwa ko abakuru b’i bihugu baganiriye ku mubano w’ibi bihugu by’ibituranyi, n’ibibazo by’umutekano muke mu karere k’ibiyaga bigari.

Ibi biganiro bya bakuru bi bihugu byombi n’umuhuza ku makimbirane ya RDC n’u Rwanda, bibaye mugihe umubano wamaze kuzamo agatotsi, guhera mu ntangiriro z’umwaka w’ 2022, ahanini umwuka mubi wavuye ku gushinjanya hagati ya RDC n’u Rwanda aho RDC ishinja Kigali gushigikira M23 naho u Rwanda rugashinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda ahagana mu mwaka w’1994.

Bityo rero perezida João Lourenço, yagiye ahuza u Rwanda na Congo, aho ndetse mu mpera z’u mwaka w ‘ 2022, perezida w’u Rwanda Paul Kagame, na mugenzi we Tshisekedi bahuriye i Luanda muri Angola baza gufata umwanzuro wogukora ibishoboka bakagarura umubano mwiza.

Bruce Bahanda.

Tags: BaganiriyeJoão LourençoPaul KagameTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Baraka, Abaturage basabwe gufatisha ingabo z’u Burundi yombi Abanyarwanda bo bitwa abanzi ba Congo.

I Baraka, Abaturage basabwe gufatisha ingabo z'u Burundi yombi Abanyarwanda bo bitwa abanzi ba Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?