Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Malawi Lazarus Chakwera, yavuze ikimo gukorwa nyuma yaho indege yari twaye umwungirije n’abandi bategetsi, yaburiwe irengero.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya Malawi Lazarus Chakwera, yavuze ikimo gukorwa nyuma yaho indege yari twaye umwungirije n’abandi bategetsi, yaburiwe irengero.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege ya Gisirikare yarimo Visi Perezida wa Malawi yaburiwe irengero.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni ibikubiye mu itangazo leta y’igihugu cya Malawi yashize hanze kuri uyu wa mbere rimenyesha ko indege ya Gisirikare yarimo Saulos Klaus Chilima ariwe visi perezida wa Malawi n’abandi bategetsi icyenda biki Gihugu yaburiwe irengero.

Itangazo rya leta rivuga ko iyi ndege ya hagurutse ku kibuga cy’indege cy’u murwa munkuru, Lilongwe, saa tatu n’iminota cumi n’irindwi z’igitondo. Ko kandi byari biteganijwe ko igera ku k’ibuga cy’indege cy’u murwa mukuru ugira uwa gatatu muri Malawi, isaha zine n’iminota ibiri z’igitondo.

Mu ijambo perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera yatangaje abinyujije kuri televisiyo y’igihugu yagize ati: “Indege imaze kugera hejuru y’ikibuga cya Mzuzu , byanze ko yika hasi kubera ko umupilote atarimo abona neza aho yururukira, ikirere cyari kimeze nabi. Abashinzwe iby’indege baburiye umupilote gusubira i Lilongwe. Ubwo nibwo itumanaho ryahagaze hagati yabakurikirana urugendo rw’indege n’abari bayitwaye.”

Perezida kandi wa Malawi yavuze ko yatabaje ibihugu by’ibituranyi ndetse n’Amerika, u Bwongereza, Noruvege na Israel kugira ngo bifashe igihugu cye gushaka iyo ndege.

Visi perezida wa Malawi Saulos Klaus Chilima, w’imyaka 51 ni umwe mu biteguye kuziyamamariza umwanya w’umukuru wiki gihugu muri Malawi mu mwaka utaha.

Mu 2022, yatawe muri yombi ashinjwa kunyereza umutungo wa leta, ariko nyuma yaje kurekurwa agirwa umwere.

                     MCN.
Tags: Indege ya gisirikareMalawiVisi perezidaYaburiwe Irengero
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe andi makuru agaragaza uko byifashye i Kanyabayonga, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Havuzwe andi makuru agaragaza uko byifashye i Kanyabayonga, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?