• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe “umunyakinyoma.”

minebwenews by minebwenews
February 28, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe “umunyakinyoma.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 wa nyomoje perezida Félix Tshisekedi wahakanye ko atabatumiye i Kinshasa.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bya tangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, mu kiganiro yahaye abaturage baturiye u Mujyi wa Kiwanja, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Lt Col Willy Ngoma, yahishuye neza ko Tshisekedi ari umubeshi.

Yagize ati: “Abantu barabesha. Umunsi nari hano, narababwiye ngo ‘mwitonde, leta ntibabeshe.’ Tshisekedi yadutumyeho i Kinshasa, twahamaze amezi 14, yaraduhamagaye, yaratwakiriye, yatwakiriye neza, mu nzu nziza, aduha n’imodoka nziza zatujanaga.”

Mu mpamvu Tshisekedi yashingiyeho avuga ko atari gutumira M23, yasobanuye ko abagize uwo mutwe atari abanyekongo.

Tshisekedi tariki ya 22/02/2024, yahaye itangaza makuru i Kinshasa ikiganiro, muri icyo kiganiro avuga ko atigeze atumira intumwa za M23, ahubwo ko byakozwe n’uwahoze ari minisitiri w’u mutekano, Gilbert Kankonde.

Yagize ati: “Ni ikinyoma nta nimero yabo nfite, ariko naje kumenya ko intumwa za M23 ko ziri hano. Ntabwo natumira intumwa za M23 i Kinshasa. Sinigeze nzakira . Nanze guhura n’inyeshamba za M23 uwari minisitiri w’u mutekano w’imbere icyo gihe niwe wabakiriye, Gilbert Kankonde Malamba, ni nawe wabatumiye.”

Ibyo Lt Col Willy Ngoma abeshuza avuga ko Tshisekedi ari umubeshi, byashimangiwe na bwana Lawrence Kanyuka umuvugizi wa M23 mu bya politike, aho yunzemo ko Tshisekedi ari umubeshi, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru ba Al Jazeera.

Ati: “M23 ni umuryango w’Abanyekongo, wagiranye amasezerano na leta ya Kinshasa, tariki ya 12/11/2013 i Nairobi. Icyo gihe hari hateraniye umuryango w’a badiplomate, Monusco, L’ONI, icglr n’abafatanya bikorwa mpuzamahanga.”

Kanyuka yemeza nawe ko M23 yakiriwe i Kinshasa, agira ati: “Twagiye i Kinshasa, tumarayo amezi 14 n’itsinda rya Guverinoma, hamwe n’itsinda rya Tshisekedi yadushiriyeho kugira ngo tuganire ku cyemezo M23 yari yafashe cyo kurambika imbunda hasi ku bushake, ubwo hari mu mpera z’u mwaka w’2020 kugeza 2021.”

Kugeza ubu M23 ivuga ko igisaba perezida Félix Tshisekedi kubahiriza amasezerano yagiranye na leta ya Kinshasa mu 2013 n’ayo mu biganiro bya huje intumwa zayo n’iza RDC mu mezi 14 zamaze i Kinshasa.

           MCN.
Tags: Félix Tshisekedi TshilomboYiswe umunyakinyoma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo, kumunsi w’ejo hashize, tariki ya 27/02/2024,  yongeye kuririmba u Rwanda.

Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo, kumunsi w'ejo hashize, tariki ya 27/02/2024, yongeye kuririmba u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?