• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 27, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2024
in World News
0
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni bikubiye mu gitabo ya muritse, icyo yise “Pour un Congo retrouve” yakigaragajemo ko haribyo yabashye kugeraho muri manda ye ya mbere; avuga kandi naho yifuza kuganisha igihugu.

Iki gitabo gifite paji 94, kikaba cyarashizwe hanze bwa mbere mu mpera z’u mwaka ushize, ariko umuhango wo ku kimurika wabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29/04/2024, ubereye i Paris mu Bufaransa.

Muri ik’i gitabo perezida Félix Antoine Tshilombo, yagaragaje ko mu gihe Abanyekongo bazabasha gusoma iki gitabo buzabasha ku menya neza aho ahagaze mu bikorwa byo kuzamura igihugu.

Atangira agira ati: “Muri aya mapaji, uzasoma ibitekerezo, azamenya aho mpagaze, n’uko mbona ibintu bimwe na bimwe. Byose byashizwe ku mpampuro gusa si byo bishushanya uwo ndi we.”

Yongeyeho kandi ati: “Ndi umugabo uhagarara ku byo yemera, gusa nshobora no guhindura ibitekerezo.”

Avuga ko yaba imbere y’abajyanama be, abaminisitiri cyangwa abana be, hari ubwo ajya abona ko yibeshye ku myanzuro runaka yafashe. Avuga ko “yifuza ko Abanyekongo babona ibyo ari gukorera igihugu, aho kugira ngo bizabe nk’uko Thomas Sankara yavuye ku butegetsi igihugu kigasubira inyuma.”

Aha yagize ati: “Nkiri umwana narotaga ibintu bitatu. Kuba umukinnyi w’u mupira w’amaguru, umunyapolitiki cyangwa Umwalimu. Nabaye umukinnyi ariko mu batarabigize umwuga; icyizere Abanyakongo bangiriye cyanshize ku wundi mwanya, mba umunyapolitiki wo hejuru mu gihugu cyacu. Hasigaye gukabya inzozi zanjye zagatatu zo kuba Umwalimu.”

Yashimangiye ko kuba Umwalimu, umuntu aba ashaka kwigisha, kuyobora cyangwa se gukuza abantu mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Ngo ibyo nibyo yagerageje muri manda ye ya mbere akanabikomeza mu ya kabiri.

Ibindi yashize muri iki gitabo harimo uburyo yageze ku butegetsi nyuma yigihe yarabaye mu buhungiro, ndetse avuga n’ibyo yagezeho muri manda ye ya mbere, agaragaza n’uko Congo yubu ifite isura itandukanye n’iyambere.

Yavuze kandi n’uko akina politiki zimbere mu gihugu na mpuzamahanga, harimo kandi n’uko yagiye ageza abaturage ku iterambere n’ibindi n’ibindi.

             MCN.
Tags: I Paris mu gihugu cy'u BufaransaIgitabo ya muritseTshisekediYivuze ibigwi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.

Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?