• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2024
in World News
0
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

You might also like

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ni bikubiye mu gitabo ya muritse, icyo yise “Pour un Congo retrouve” yakigaragajemo ko haribyo yabashye kugeraho muri manda ye ya mbere; avuga kandi naho yifuza kuganisha igihugu.

Iki gitabo gifite paji 94, kikaba cyarashizwe hanze bwa mbere mu mpera z’u mwaka ushize, ariko umuhango wo ku kimurika wabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29/04/2024, ubereye i Paris mu Bufaransa.

Muri ik’i gitabo perezida Félix Antoine Tshilombo, yagaragaje ko mu gihe Abanyekongo bazabasha gusoma iki gitabo buzabasha ku menya neza aho ahagaze mu bikorwa byo kuzamura igihugu.

Atangira agira ati: “Muri aya mapaji, uzasoma ibitekerezo, azamenya aho mpagaze, n’uko mbona ibintu bimwe na bimwe. Byose byashizwe ku mpampuro gusa si byo bishushanya uwo ndi we.”

Yongeyeho kandi ati: “Ndi umugabo uhagarara ku byo yemera, gusa nshobora no guhindura ibitekerezo.”

Avuga ko yaba imbere y’abajyanama be, abaminisitiri cyangwa abana be, hari ubwo ajya abona ko yibeshye ku myanzuro runaka yafashe. Avuga ko “yifuza ko Abanyekongo babona ibyo ari gukorera igihugu, aho kugira ngo bizabe nk’uko Thomas Sankara yavuye ku butegetsi igihugu kigasubira inyuma.”

Aha yagize ati: “Nkiri umwana narotaga ibintu bitatu. Kuba umukinnyi w’u mupira w’amaguru, umunyapolitiki cyangwa Umwalimu. Nabaye umukinnyi ariko mu batarabigize umwuga; icyizere Abanyakongo bangiriye cyanshize ku wundi mwanya, mba umunyapolitiki wo hejuru mu gihugu cyacu. Hasigaye gukabya inzozi zanjye zagatatu zo kuba Umwalimu.”

Yashimangiye ko kuba Umwalimu, umuntu aba ashaka kwigisha, kuyobora cyangwa se gukuza abantu mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Ngo ibyo nibyo yagerageje muri manda ye ya mbere akanabikomeza mu ya kabiri.

Ibindi yashize muri iki gitabo harimo uburyo yageze ku butegetsi nyuma yigihe yarabaye mu buhungiro, ndetse avuga n’ibyo yagezeho muri manda ye ya mbere, agaragaza n’uko Congo yubu ifite isura itandukanye n’iyambere.

Yavuze kandi n’uko akina politiki zimbere mu gihugu na mpuzamahanga, harimo kandi n’uko yagiye ageza abaturage ku iterambere n’ibindi n’ibindi.

             MCN.
Tags: I Paris mu gihugu cy'u BufaransaIgitabo ya muritseTshisekediYivuze ibigwi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031 Perezida Yoweri Museveni, umaze imyaka 37 ku butegetsi, yemejwe nk’umukandida watsinze amatora ya perezida ya Uganda ku...

Read moreDetails

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere Minisiteri y’Ingabo ya Irake yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zimaze kwisubiza byuzuye igenzura ry’ikibuga gikomeye cy’ingabo zo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails
Next Post
Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.

Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?