Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Ukraine, Zelensky, yarusimbutse nyuma y’uko agabweho igitero gikaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 8, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya Ukraine, Zelensky, yarusimbutse nyuma y’uko agabweho igitero gikaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Ukraine yarusimbutse nyuma y’uko igisirikare cy’u Burusiya, cyageragezaga ku mwica.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ku wa Gatatu, tariki ya 06/03/2024, perezida Zelensky yari yasuye agace ka Odesa ko mu majyepfo ya Ukraine, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byo mu Bugiriki.

Bivugwa ko perezida Zelensky, ubwo imodoka zari zimuherekeje zigeze mu ntera y’ibirometre nka 150 uvuye ku zari ziherekeje minisitiri w’intebe w’u Bugiriki, Kyriakos Mitsotakis, zagabweho igitero cya misile yari yatewe n’igisirikare cy’Abarusiya hari igihe c’isaha ya saa tanu n’i minota 43, z’igitondo.

Iy’i nkuru ivuga ko Zelensky yari yerekeje mu gace ka Odesa kuhahurira na minisitiri w’intebe w’u Bugiriki wari wageze muri Ukraine mu ibanga rikomeye , mbere yo kuhava yerekeza i Bucharest muri Romania.

Abategetsi bo ku murwa mukuru w’i Gihugu cy’u Bugiriki, bemeza ay’amakuru, ariko bakavuga ko ntakibazo cyigeze kibaho kubera kiriya gitero.

Umunyamabanga mukuru wa leta ya Athens, Stavros Papastavrou, yavuze ko bose bahavuye ari bazima.

Mu mashusho yerekana icyo gisasu cyatewe mu Mujyi wa Odesa, cyerekana icyotsi cy’u mukara gitumuka mukirere cy’u Mujyi wa Odesa, w’u batase hafi n’inyanja y’u mukara.

Si ubwambere u Burusiya bushinjwa kugerageza kwica perezida Zelensky. Ahagana mu ntangiriro z’umwaka w’ 2022 bya vuzwe ko habaye kugerageza ku ivugana uyu mukuru w’igihugu cya Ukraine, bikozwe na Kremlin, maze Zelensky aza guhabwa amakuru n’ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aza kurusimbuka.

                 MCN.
Tags: AbarusiyaPerezida wa UkraineYarusimbutseZelensky
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cy’u Burundi, kirahakana ibirego gishinjwa na Twirwaneho, ku bitero ingabo zabo baheruka kugaba mu Mihana y’Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y’Epfo .

Igisirikare cy'u Burundi, kirahakana ibirego gishinjwa na Twirwaneho, ku bitero ingabo zabo baheruka kugaba mu Mihana y'Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y'Epfo .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?