Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku batumva imiyoborere ye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 22, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku batumva imiyoborere ye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku batumva imiyoborere ye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byo yavuze ubwo bari mu bikorwa by’ubugira neza byabereye muri Paruwasi Sait Marie Consolatrice des Affliges, Perezida Ndayishimiye yavuze ko u Burundi buri mu cyerekerezo kigana aheza nubwo buhura n’inzitizi nk’izo Abisirayeli bahuye na zo bava muri Egiputa.

Uyu mukuru w’igihugu yavuze ko mu gihe u Burundi bufite icyerekezo cyiza, hari ababona hari akantu gato kitambitse mu nzira, ntibizere icyerekezo cya 2050 yashyizeho, cy’uko buzaba ari igihugu cyifashije.

Yagize ati: “Hariho ibiri kuba ubu, tubona hari Abarundi batangiye kuvuga ngo ubu nta bamenye ko ari satani uri kubakoresha. Mbese Abarundi muzemera Imana ryari kandi mwarabonye amabi twavuyemo.”

Aya magambo Perezida Ndayishimiye yayavuze mu gihe bamwe mu Burundi banenga ubutegetsi bwe bumaze imyaka ine, bitewe ahanini n’ibibazo byugarije ku ibura ry’amadovize, ibura rya peteroli ndetse n’ubukene bw’ugarije abaturage.

Tariki 18/06/2024, ya bwiye Abarundi ko ikibazo cy’ibura rya peteroli kidahangayikishije kuko abatwara imodoka batabuze amafaranga yo kuyigura. Ni mu gihe hari abafashe icyemezo cyo kujya baja kuyigurira muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

               MCN...
Tags: Evariste NdayishimiyeKubatumva imiyoborere yeYagize icyavuga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burundi ifoto ya perezida wa Sena, aja kugura lisansi mu kajerekani, ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

Mu Burundi ifoto ya perezida wa Sena, aja kugura lisansi mu kajerekani, ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?