• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko gukubitwa inkoni bikosora ko ndetse nawe yigeze gukubitwa ibibando byinshi.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko gukubitwa inkoni bikosora ko ndetse nawe yigeze gukubitwa ibibando byinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko yigeze gukubitwa ibibando byinshi akekwaho ubwicanyi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibyo perezida Evariste Ndayishimiye yatanze mu kiganiro aheruka kugirana n’inzego zishinzwe umutekano i Bujumbura, ku murwa mukuru w’u bukungu w’i Gihugu cy’u Burundi.

Iki kiganiro cy’ibanze cyane ku mutekano wa Bujumbura, by’u mwihariko ikibazo cy’u mwanda wari ugize igihe ugaragara muri uyu Mujyi.

Muri iki kiganiro perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko abayobozi bagiye bakubitwa byofasha kwi kosora.

Ati: “Abayobozi baba bayobora aho hantu harangwa umwanda njyewe kubwanjye nabuze igihano twobaha. Aho none ntidukwiye kugarura ikibazo cya mbiligi? Erega Ababiligi kugira ngo badushobore bazanye ikiboko barakiduhura, tubona kujya twemera ibyo bavuga.”

Yakomeje agira ati: “Igihe twofata umuyobozi wa Quartier irimo umwanda tukamuha igiti, ndabizi ko mwahita mubireka. Ntimwokongera gutuma ibintu byononekara.”

Evariste Ndayishimiye yavuze ko impamvu abayobozi babona ibintu bipfa ntibagire icyo babikoraho ari ukubera ko bibwira ko ntawabakoraho.

Ati: “Njyewe ariko mureke mbabwire , hagize ubakubita inkoni 20 mu gihe dusanze iwawe hari akajagari , ntimwasubira mwahita muba “serious.”

Avuga ko we azi umumaro wo gukubitwa, kuko mu mwaka 1998 yigeze gukubitwa ibiboko bikamusema , nyuma yogufatwa ashinjwa kuba umwicanyi.

Yagize ati: “Abavuga ngo inkoni ivuna igufwa ntivuna ingeso , ukubiswe inkoni zibiri ntiwakwemera ko bagukubita iyagatatu. Erega shahu, nigeze gukubitwa inkoni! Kandi sikera kuko ni mu mwaka w ‘ 1998. Icyo gihe bari bambesheye bavuga ngo ndi umwicanyi baranfata banjyana ku nyica urubozo. Icyo gihe narakubiswe nabi kabisa, ni cyo gituma mvuga ngo bakabaye bakubitwa.”

Evariste Ndayishimiye yanavuze ko abakabaye bakubitwa ari abantu banyereza umutungo w’i Gihugu.

Ati: “Ku bwanjye ntabwo bagakwira kujya bafungwa , bagakwiye kujya babaha inkoni gusa. Uzi gukubitwa wambaye costume cyangwa kugutuka uri kumwe n’umugore n’abana bawe? Ntabwo ushobora kongera gukosa.”

           MCN.
Tags: BirakosoraBujumburaEvariste NdayishimiyeIbibando byinshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamakuru Stanis Bujakera Tshiamala, biteganijwe ko ava muri gereza kuri uyu wa Kabiri.

Umunyamakuru Stanis Bujakera Tshiamala, biteganijwe ko ava muri gereza kuri uyu wa Kabiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?