• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, agiye gutanga umusanzu kugira amahoro n’umutekano bikagaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, agiye gutanga umusanzu kugira amahoro n’umutekano bikagaruke mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yemeye kuganira na Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gushakira u Burasirazuba bwa RDC amahoro.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe nyuma y’uko perezida w’u Rwanda Paul Kagame yari yagiranye ikiganiro na mugenzi we, wa Angola João Lourenço, kuri uyu wa Mbere tariki ya 11/03/2024.

Ibi bikaba byemejwe na minisitiri w’u banye n’amahanga wa Angola Tete Antonio.

Tete Antonio yavuze ko ibiganiro bya perezida Paul Kagame na João Lourenço ko byabereye mu muhezo, ko kandi umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yemeye kuzahura na mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kugira barebere hamwe icyakorwa maze amahoro n’umutekano bikagaruka mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Yakomeje avuga ko aho ibiganiro bizabera bihuje Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi Tshilombo, bizatangazwa nyuma kandi bikazatangazwa na perezida João Lourenço, umuhuza wagenwe n’umuryango w’ubumwe bw’Afrika.

Hari hashize ibyu mweru bibiri perezida Félix Tshisekedi Tshilombo nawe avuye i Luanda ku ganira na João Lourenço ku kibazo cyo gushakira igihugu cye amahoro.

Ibiganiro byaba bakuru bi bihugu byibanze cyane ku mutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa RDC.

Intambara muri RDC, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa imaze igihe kingana n’imyaka irenga ibiri.

Kugeza ubu impande zihanganye zikomeje imirwano, aho ubu M23 imaze gufata ibice byingenzi birimo Sake, Nyanzale, Kitshanga n’ahandi.

          MCN.
Tags: João LourençoPaul Kagame w'u RwandaU Burasirazuba bwa RDCUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagawe n’abaturage, kandi gibasabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23.

Igisirikare cya leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagawe n'abaturage, kandi gibasabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?