Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, agiye gutanga umusanzu kugira amahoro n’umutekano bikagaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 12, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, agiye gutanga umusanzu kugira amahoro n’umutekano bikagaruke mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yemeye kuganira na Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gushakira u Burasirazuba bwa RDC amahoro.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni byatangajwe nyuma y’uko perezida w’u Rwanda Paul Kagame yari yagiranye ikiganiro na mugenzi we, wa Angola João Lourenço, kuri uyu wa Mbere tariki ya 11/03/2024.

Ibi bikaba byemejwe na minisitiri w’u banye n’amahanga wa Angola Tete Antonio.

Tete Antonio yavuze ko ibiganiro bya perezida Paul Kagame na João Lourenço ko byabereye mu muhezo, ko kandi umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yemeye kuzahura na mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kugira barebere hamwe icyakorwa maze amahoro n’umutekano bikagaruka mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Yakomeje avuga ko aho ibiganiro bizabera bihuje Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi Tshilombo, bizatangazwa nyuma kandi bikazatangazwa na perezida João Lourenço, umuhuza wagenwe n’umuryango w’ubumwe bw’Afrika.

Hari hashize ibyu mweru bibiri perezida Félix Tshisekedi Tshilombo nawe avuye i Luanda ku ganira na João Lourenço ku kibazo cyo gushakira igihugu cye amahoro.

Ibiganiro byaba bakuru bi bihugu byibanze cyane ku mutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa RDC.

Intambara muri RDC, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa imaze igihe kingana n’imyaka irenga ibiri.

Kugeza ubu impande zihanganye zikomeje imirwano, aho ubu M23 imaze gufata ibice byingenzi birimo Sake, Nyanzale, Kitshanga n’ahandi.

          MCN.
Tags: João LourençoPaul Kagame w'u RwandaU Burasirazuba bwa RDCUmutekano
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagawe n’abaturage, kandi gibasabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23.

Igisirikare cya leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagawe n'abaturage, kandi gibasabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?