Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunsi wo kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi, hateguwe imyigaragambyo simusiga izaba mu Gihugu hose.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Umunsi wo kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi, hateguwe imyigaragambyo simusiga izaba mu Gihugu hose.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 18/01/2024, hatangajwe imyigaragambyo simusiga yateguwe n’abarimo Martin Fayulu, Moïse Katumbi, Anzuluni Floribert n’abandi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

N’imyigaragambyo izaba umunsi wo kurahira kwa Perezida Félix Antoine Tshilombo, tariki ya 20/01/2024, azaba ari k’u wa Gatandatu, w’i ki Cyumweru.

Abateguye imyigaragambyo bahamagariye Abanyekongo bose kuzikangura kare kuri uwo munsi maze bakamagana ibyo bavuga ko ari “Amatora ateye isoni.”

Nta hantu nahamwe abateguye imyigaragambyo bavuze ko ariho imyigaragambyo izabera. Gusa bavuze ko buriwese aho azaba ari azamagane ibyatangajwe na CENI.

Ibyo Martin Fayulu, Moïse Katumbi, Floribert Anzuluni, batangaje bije bikurikira imvururu n’amakumbirane arihagati mu gihugu ahanini ashingiye ku byatangajwe mu matora yo kw’itariki ya 20/01/2024.

Tubibutsa ko umutwe wa M23 wo, uheruka gutangaza uvuga ko Abanyekongo benshi batemera ibya vuye mu matora ko kandi perezida Félix Antoine Tshisekedi batamwera nk’u watsinze amatora.

Ibi kandi ihuriro ry’imitwe ya AFC bo bahamagarira Abanyekongo kuyoboka iri huriro maze bagashiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Bikaba bifitanye isano n’umutwe witwara gisirikare wavutse k’u wa Gatatu, tariki 17/01/2024, mu cyahoze cyitwa Kisangani kuri none hitwa Haut-Uele, ay’amakuru yanemejwe na Guverineri w’iyo Ntara.

Bruce Bahanda.

Tags: Hateguwe imyigaragambyo simusigaMu gihugu hoseRdcUmunsi wo kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibisasu by’indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-30, y’igisikare ca Uganda bya mishijwe ku Ngabo za RDC.

Ibisasu by'indege y'intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-30, y'igisikare ca Uganda bya mishijwe ku Ngabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?