• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umunya-politike wa muri RDC, uheruka gutangaza ko abarwanyi bo muri FDLR bari mubarinda perezida Félix Tshisekedi, basabye ko ahigishwa uruhindu ngo atabwe muriyombi.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarwanyi bomuri FDLR baravugwa mubacunga perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 15/08/2023, saa 2:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umunya-politike Thierry Monsenepwo, arahamagarira ubucamanza bw’agisirikare guta muriyombi bwana Corneille Nanga wigeze kuba ayoboye komisiyo yamatora
muri Republika ya Democrasi ya Congo (CENI).

Uyu mugabo wigeze kuyoborea Komisiyo y’amatora muri Congo Kinshasa, akaba ashijwa gutesha agacyiro ibikorwa byagezweho n’ubuyobozi bw’agisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ndetse na Ituri
Uyu kandi akaba ashijwa kuba aheruka gutangaza amakuru ko mubasirikare bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu ca RDC, haba higanjemo abo yise Inyeshamba zo mu mutwe wa FDLR, abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

bwana Monsenepo, kubwe akaba atemezanya nibyo bwana Nanga, avuga ariyompanvu yatumye ahamagarira ubutabera bwa gisirikare kuba bamuhigisha uruhindu agatabwa muriyombi.

Thierry, yakomeje avugako ashigikiye ibiganiro biri kubera Goma, ahazwi nku murwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi ganiro biri kubera i Goma, ngo ni b’iganiro birebera hamwe ubutegetsi bwa Gisirikare ku bijanye n’umutekano.

Ikindi nuko Thierry, ye mezako hashobora kuba haribitaragenze neza kubijanye n’ubukungu ariko akavugako icyokibazo kitabura kubaho ngo kuko ariho Ruzingiye!

Aha yagize ati: “Biragoye kubijanye n’ubukungu! Ahari kuva amafaranga yogufasha abaturage kurubu higaruriwe n’umwanzi. Urugero Umupaka wa Bunagana uhuza Congo na Uganda, umusaruro wose wohavuye ubu ufitwe na M23.”

Yakomeje ati: “Sinemezanya nabavuga ko abarwanyi bomuri FDLR , bari mu bacyunga umuku w’igihugu! Hubwo ubutabera nibugire bute muriyombi Nanga watangaje ibi bintu!”

Ibi Abanyarwanda barimo na Perezida wabo Paul kagame, bagize igihe bashinja ubutegetsi bwa Kinshasa, kuba bashigikira Inyeshamba zo mu mutwe wa FDLR ndetse ko babaha ubufasha bwo kuba batera igihugu c’u Rwanda.

Uyu mugabo akomeza avugako bwana Nanga agomba kugaragaza ibimenyetso yashingiyeho avugako FDLR, icyunga perezida Félix Tshisekedi.

Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru cya Actualite Cd, ikomeza ivuga ko Thierry, ashinja Nanga ko atari icyitegerezo ca democrasi.

Ibibazo byavuzwe na Nanga ubu nibyo byabaye ibiganiro ndetse niyo nvugo iri mubanyapolitike baherereye i Kinshasa.

Tubibutseko uyu Thierry Monsenepwo, akuriye ishaka rya CCU (Conventions des Congolsis unis), iri shaka rikaba rikorana byahafi ni shaka rya Perezida Félix Tchisekedi.

Tags: Arahigishwa uruhinduNangaNgo atabwe muriyombiThierry Monsenepwo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

KENYA and UGANDA to raise another One stop border post to minimize traffic on Busia and Malaba borders.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?