• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umunyamabanga Mukuru Wa L’ONI, Ari I Nairobi Aho Agiye Kwereza I Bujumbura, Munama Yabakuru Bakarere.

minebwenews by minebwenews
May 4, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuruyu wa gatandatu 06.05.2023, nibwo abayobozi b’akarere ka Afrika y’iburasirazuba hamwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye bazahurira i Bujumbura kugira ngo baganire ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 04.05.2023. Saa 10:45 am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Iyi nama igiye kuba mu gihe RDC igize Igihe gito inenga imbaraga z’ingabo z’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba.

Amakuru yamaze kumenyekana nuko umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yamaze kugera i Nairobi muri Kenya aho yaje kwakirwa na President William Ruto, maze baza nogukorana ibiganiro kukibazo c’intambara muri Sudan ndetse nikibazo c’Umutekano muke muburasirazuba bwa RDC.

Nyuma yumubonano we na President William Ruto, arabona kwerekeza i Bujumbura mu nama y’akarere ka Afrika y’iburasirazuba yiga nanone ku mutekano wa Repubulika ya demukarasi ya Congo.

Guterres yageze i Nairobi kuri uyu wagatatu, aho yaje aherekejwe n’Umunyamabanga Mukuru wungirije akaba n’Umunyakenyakazi, Amina Chawahir Mohamed.

Intambara muri Republika ya Demokarasi ya Congo, muburasirazuba bwaho imaze umwaka urenga ho amezi make , aho umutwe wa M23 uhanganye nihuriro ryingano za Republika ya Demokarasi ya Congo.

Kubwiyo ntambara abayobozi bakarere ndetse n’Amahanga ibihe bicyanyemo baterana kuricyo kibazo ariko gutora umuti byakomeje kuba ingora bahizi.

Abayobozi bakarere nikenshi bakomeje kugira inama Leta ya Kinshasa, ko igisubizo gikubiye mubwunvikane bwa banyekongo bonyine gusa kubyumva bisa nibyanze nimugihe Leta ya Kinshasa ikomeza kuvuga ko itazigera irota yakoze ibiganiro numutwe bitako ari uwitera bwoba umutwe wa M23.

Wewe ubona hakorwa iki ngo amahoro agaruke muri Congo Kinshasa?

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

“There has been Resurgence Of Trust Between Soldiers And Civilians In Minembwe " Ruvuzangoma saint Cadet Civil society Representative Says.

Comments 1

  1. Nyakirindo says:
    3 years ago

    Nibacyemo Rdc bitaruko intambara ntizizashira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?