• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiriye uruzinduko muri Ukraine rutunguranye aho yasezeranije iki gihugu ibirimo kubacira n’inzira.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2024
in Regional Politics
0
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiriye uruzinduko muri Ukraine rutunguranye aho yasezeranije iki gihugu ibirimo kubacira n’inzira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken yageze muri Ukraine bitunguranye.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14/05/2024, nibwo Antony Blinken yageze muri Ukraine aho ari muruzinduko rwakazi, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na CNN.

Uru ruzinduko nirwo rwa mbere Blinken akoze kuvaho Amerika yongeye kwemerera iki gihugu cya Ukraine ubufasha bukomeye kugira ngo igisirikare cy’iki gihugu kibashye guhashya Ingabo z’u Burusiya.

Iki gitangaza makuru cya natangaje ko uru ruzinduko rw’u munyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika ruje kugira ngo rushimangire iyi nkunga Amerika yemereye Ukraine.

Mu ijambo yavugiye muri Kaminuza ya Kyiv, Blinken yatangaje ko Ukraine iri mu minsi iyikomereye y’urugamba cyane mu mujyi wa Kharkiv aho yashimangiye ko ingufu ingabo z’u Burusiya zihafite ari inkunga mu by’intambara zihabwa na Iran, Koreya ya Ruguru ndetse n’u Bushinwa gusa ko Amerika izakomeza gushyigikira Ukraine mu rwego rwo kwirwanaho.

Blinken yavuze kandi ko Amerika igiye gufasha Ukraine uko ishoboye kose ntibyorohere u Burusiya kongera kuyigabaho ibitero byo mu kirere.

Yanashimangiye ibi avuga ko Amerika igiye gufasha Ukraine kuyicira inzira mu buryo bukomeye ikazabasha kwinjira mu muryango wa NATO usa n’uwabaye intandaro y’iyi ntambara.

Ikindi Blinken yasezeranije ni uko Amerika izakora ibishoboka byose u Burusiya bukishyura ikiguzi cyose cy’ibimaze kwangirizwa n’intambara ndetse no kubisana, nk’uko amategeko mpuzamahanga abiteganya.

Yagize ati: “Ibyo Putin yasenye u Burusiya butegetswe kwishyura ikiguzi cyo kongera kubyubaka. Ni byo itegeko mpuzamahanga risaba kandi ni byo Abanya-Ukraine bakwiye.”

Ibyo ngo bizagirwamo uruhare no gufatira imwe mu mitungo y’Abarusiya iri muri Amerika mu rwego rwo gushaka ku ngufu ko u Burusiya bwishyura ibyangijwe byose n’intambara.

Blinken yavuze ko mu kwezi gushize inkunga ya miliyari 61 $ igenewe Ukraine ikimara kwemezwa n’inteko ishinga mategeko y’Amerika, perezida Joe Biden yahise asubukura gahunda yo kohereza Ukraine inkunga zinyuze mu nyanja.

Mu ijambo rya Blinken ryasoje rivuga ko Vladimir Putin w’u Burusiya ko yagiye akerensa Ukraine n’igisirikare cyayo ariko ko ubihangange bwayo butarangirira mu bisasu bya bombe iraswaho cyangwa abantu bapfushije, avuga ko ahubwo Ukraine ariyo izatsinda iyi ntambara.

         MCN.
Tags: AmerikaBlinken AntonyGuhashya Ingabo z'u BurusiyaInziraNATOUbufashaUkraine
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa biramukiye mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa biramukiye mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?