• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamahanga muby’itumanaho wa Joseph Kabila, yemeje ko Kabila atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
January 19, 2024
in Regional Politics
0
Umunyamahanga muby’itumanaho wa Joseph Kabila, yemeje ko Kabila atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari Perezida muri RDC Joseph Kabila Kabange, kuri ubu akaba ari Senateri ubuzima bwe bwose, ntazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi ugiye kurahirira kuyobora Repubulika ya Demokarasi ya Congo, manda ya Kabiri.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Félix Tshisekedi azarahira kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20/01/2024, aho mwirahira rye hazitabira abategetsi batandukanye, nk’uko bya vuzwe n’intumwa y’ihariye ya Félix Tshisekedi, Serge Tshibangu, ubwo yaganiraga n’itangaza makuru i Kinshasa, ku munsi w’ejo hashize.

Muri uwo muhango w’irahira rya Félix Tshisekedi, Serge Tshibangu, yari yatangaje ko Joseph Kabila Kabange ko yahawe ubutumire bu biri ubwo kuba yarayoboye igihugu no kuba ari umusenateri uhoraho muri RDC.

Kuri uyu wa Gatanu umunyabanga mukuru wa Joseph Kabila mu byitumanaho Barbara Nzimbi, ya menyesheje ko Joseph Kabila Kabange atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi.

Avugako impamvu aruko Joseph Kabila arimo kw’itegurira guhabwa impamya bumenyi yikirenga mu masomo agize igihe akurikirana muri Afrika y’Epfo. Ndetse aza no kwemeza ko Kabila yamaze kwerekeza muricyo gihugu ca Afrika y’Epfo.

Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC nirwo rwemeje bwa nyuma intsinzi ya Félix Tshisekedi mu matora yo kw’itariki ya 20/01/2024.

Gusa abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa barimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu Dr Denis Mukwege, Floribert Anzuluni n’abandi, kugeza ubu ntibemera ibyavuye mu matora aho ndetse bamwe muribo banze no gutanga ikirego muri urwo rukiko ku bw’impamvu zo kutizera uburiganya bukorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Umunyamahanga mw'itumanaho wa Joseph KabilaYemeje ko Kabila atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa k’u murwa mukuru w’igihugu cya RDC haravugwa Urusaku mu i shyaka riri ku butegetsi rya UDPS.

I Kinshasa k'u murwa mukuru w'igihugu cya RDC haravugwa Urusaku mu i shyaka riri ku butegetsi rya UDPS.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?