Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamahanga muby’itumanaho wa Joseph Kabila, yemeje ko Kabila atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 19, 2024
in Regional Politics
0
Umunyamahanga muby’itumanaho wa Joseph Kabila, yemeje ko Kabila atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari Perezida muri RDC Joseph Kabila Kabange, kuri ubu akaba ari Senateri ubuzima bwe bwose, ntazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi ugiye kurahirira kuyobora Repubulika ya Demokarasi ya Congo, manda ya Kabiri.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Félix Tshisekedi azarahira kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20/01/2024, aho mwirahira rye hazitabira abategetsi batandukanye, nk’uko bya vuzwe n’intumwa y’ihariye ya Félix Tshisekedi, Serge Tshibangu, ubwo yaganiraga n’itangaza makuru i Kinshasa, ku munsi w’ejo hashize.

Muri uwo muhango w’irahira rya Félix Tshisekedi, Serge Tshibangu, yari yatangaje ko Joseph Kabila Kabange ko yahawe ubutumire bu biri ubwo kuba yarayoboye igihugu no kuba ari umusenateri uhoraho muri RDC.

Kuri uyu wa Gatanu umunyabanga mukuru wa Joseph Kabila mu byitumanaho Barbara Nzimbi, ya menyesheje ko Joseph Kabila Kabange atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi.

Avugako impamvu aruko Joseph Kabila arimo kw’itegurira guhabwa impamya bumenyi yikirenga mu masomo agize igihe akurikirana muri Afrika y’Epfo. Ndetse aza no kwemeza ko Kabila yamaze kwerekeza muricyo gihugu ca Afrika y’Epfo.

Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC nirwo rwemeje bwa nyuma intsinzi ya Félix Tshisekedi mu matora yo kw’itariki ya 20/01/2024.

Gusa abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa barimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu Dr Denis Mukwege, Floribert Anzuluni n’abandi, kugeza ubu ntibemera ibyavuye mu matora aho ndetse bamwe muribo banze no gutanga ikirego muri urwo rukiko ku bw’impamvu zo kutizera uburiganya bukorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Umunyamahanga mw'itumanaho wa Joseph KabilaYemeje ko Kabila atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa k’u murwa mukuru w’igihugu cya RDC haravugwa Urusaku mu i shyaka riri ku butegetsi rya UDPS.

I Kinshasa k'u murwa mukuru w'igihugu cya RDC haravugwa Urusaku mu i shyaka riri ku butegetsi rya UDPS.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?