Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 10, 2024
in Regional Politics
0
Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamakuru uzwi cyane muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Stanis Bujakera yasabiwe gufungwa imyaka 20.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ubushinjacyaha bwo mu Gihugu cya RDC, bwasabye ko umunyamakuru Stanis Bujakera afungwa mu gihe kingana n’imyaka ma kumyabiri.

Stanis Bujakera yatawe muriyombi mu kwezi kwa Cyenda ku mwaka ushize w’2023, ni mugihe yarimo ashinjwa gukora ikuru zisebya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Inkuru yatumye uyu munyamakuru atabwa muriyombi yavugaga ko umunyapolitique utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, Chérubin Okende wari uheruka gupfa ko yishwe n’intasi z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Uyu munyapolitique Chérubin Okende yari yishwe mu mpera z’u kwezi kwa munani, mu 2023, umurambo we ukaba warasanzwe mu mudoka ye, bawutoraguye mu gace kitwa Limeté, ho muri Kinshasa, kandi basanga wuzuye amaraso.

Okende yahoze ari minisitiri wo gutwara abantu n’ibintu, yegura mu kwezi kwa Cumi numwe, umwaka w ‘ 2022, nyuma yaje kuba depite, akaba yari n’umuvugizi wishyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi.

Ubushinjacyaha bwo muri RDC, bwo buvuga ko Cherubin Okende yiyishe. Umunyamategeko wo muri icyo gihugu Jean Marie Kabengela, uburanira Stanis Bujakera yabwiye itangaza makuru ko ubushinjacyaha bwamusabiye igihano cy’imyaka 20, no kuriha amande ya miliyoni imwe y’amafaranga ya Congo.

Uy’u munyamategeko yokomeje kuvuga ko bagitegereje ko urukiko rusoma urubanza. Ariko asoza avuga ko bishobora kuzaba mu Cyumweru gitaha.

Ishirahamwe mpuzamahanga rya Human Rights Watch, rivuga ko urubanza rwa Bujakera rushingiye kumpamvu za politike.

Uy’u munyamakuru ni umunyekongo wakoreraga ibinyamakuru bitandukanye birimo Reuters, Jeunne Afrique, n’ibindi.

       MCN.
Tags: Gufungwa imyaka 20KinshasaStanis BujakeraUbucyamanzaYasabiwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k’u mwandagaza.

Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k'u mwandagaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?