• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umunyamerika kazi kumyaka 22 gusa y’amavuko y’itangiye benshi arapfa arashwe.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwari umukozi wo mundege Neerja Bhanot, yitangiye abagenzi apfa arashwe .

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 15/08/2023, saa 6:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umukozi wa sosiyete y’indege ya Pan American World Airways yateye benshi umubabaro nyuma y’aho yitangiye abagenzi kugeza ubwo araswa akicwa bitewe n’uko yanze kugaragaza impapuro z’inzira z’Abanyamerika.

Uyu mukobwa yahise yitwa intawarikazi nimugihe yarokoye akanitangira Abanyamerika babarirwa mu magana barimo n’abana batatu yarwanyeho kugeza arashwe, yitwa Neerja Bhanot.

Nyuma yaje kugenerwa igihembo cy’ikirenga cy’abaharaniye amahoro bakanagira umwete wo kwitangira abandi mu Buhinde, kizwi nka Ashok Chakra.

Neerja yari amaze umwaka umwe akorera iyo sosiyete kuko ubusanzwe yakoraga ibijyanye n’imideli ndetse ngo kuri uyu munsi byashobokaga ko yarokora amagara ye ariko ahitamo kwitangira abandi ubwo yitambikaga amasasu yari arashwe ku bana batatu.

Gahunda y’ibi byihebe kwari ugushimuta indege ya Boeing 747 yari itwaye abo bagenzi, ikajyanwa muri Chypres cyangwa muri Israel ahari abandi bo mutwe umwe n’uw’ibyo byihebe, icyakora uyu mugambi ntiwabasha gukunda kuko abapilote bari babashije gutoroka baciye iy’ubusamo.

Nyuma y’amasaha ane ni bwo izi ndwanyi z’umutwe wa Abu Nidal Organisation (ANO) zatangiye gushaka uko zagenda zivangura Abanyamerika mu bandi bagenzi bitewe n’uko zitari zishyigikiye politiki ya Amerika na Israel.

Icyo gihe abakozi bo mu ndege batangiye kugenda begeranya za Passports z’abagenzi ariko bakagerageza guhisha iz’Abanyamerika kuko bari bazi ibigiye kubabaho ku buryo bamwe mu bagenzi barokotse uwo munsi barimo uwitwa Mike Thexton wavuze ko igikorwa aba bakozi bo mu ndege bakoze cyaranzwe n’ubuhanga ndetse no kutikunda ngo birebeho ubwabo.

Aba bagenzi baje gutabarwa n’umutwe w’ingabo udasanzwe muri Pakistan, ndetse ibyihebe bine bitabwa muri yombi binakatirwa igihano cyo kwicwa nubwo nyuma cyaje kuvunjwamo icya burundu
Yagenewe igihembo cy’ikirenga cy’abaharaniye amahoro bakanagira umwete wo kwitangira abandi mu Buhinde, kizwi nka Ashok Chakra.

Inkuru ya The Mirror igaragaza ko iki gikorwa cy’ubutwari Neerja yakigaragaje akiri muto ku myaka 22, afatanyije na bagenzi be na bo bari mu kigero cy’imyaka 20, ubwo ku wa 5 /09/1986, indege Pan Am Flight 73 yakoragamo yashimutwaga n’ibyihebe nyuma yo kugwa umwanya muto ahitwa Karachi muri Pakistan mu rugendo rwavaga i Mumbai mu Buhinde rwerekeza i New York muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Félix Tshisekedi, arahamagarira Inyeshamba z'ibarizwa kubutaka bwa RDC kurambika imbunda hasi bagashaka amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?