• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamerika, wahoze akuriye FBI, yakatiwe igifungo cy’Imyaka 4 n’Amezi abiri.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urukiko muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, rwakatiye igifungo cy’Imyaka 4 n’Amezi abiri, bwana Charles McGonigal, wari ukuriye FBI.

You might also like

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi

Arazira ibyaha birimo ko yakoranye n’umukire izwiho kuba inshuti magara ya perezida w’u Burusiya, Vradimir Puti. Charles McGonigal, ni umugabo w’imyaka 55 y’amavuko, yahoze akuriye itsinda rikumira ubutasi bw’Amahanga mu biro bikuru bya FBI, biherereye i New York.

Mu nkuru yatanzwe n’ikinyamakuru cya Reuters, cyatangaje ko uriya Mugabo Charles McGonigal, yakoze ankete ku murusiya w’u mukire, Oleg Deripaska, uri kurutonde rw’abo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yafatiye ibihano kubera ibyaha byo mu Ntambara leta y’u Burusiya yashoye ku gihugu cya Ukraine.

Ubutegetsi bw’Amerika, bushinja uriya mukire Oleg Deripaska, kuba ari umwe mu bakire baheza inkunga perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin. Bwana Charles McGonigal, akaba azira ko yagiye gukorera uriya mukire Oleg Deripaska, nyuma y’uko yaramaze gusezererwa muri FBI, ahagana mu mwaka w’2018.

Charles McGonigal, yatawe muriyombi mu ntangiriro z’u mwaka w’2023, naho mu kwezi kwa Munani uyu mwaka w’2023, Urukiko rw’Amerika rwa musabye kwemera icyaha cy’uko yahemukiye i Gihugu cye cy’Amerika.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko umukire Oleg Deripaska, yari yaremereye Charles McGonigal, kuzamuhemba idorali z’Amerika, zirihagati ya 650,000 n’A miliyoni zitatu.

Bruce Bahanda.

Tags: UmunyamerikaWahoze akuriye FBIYakatiwe igifungo cy'Imyaka 4 n'Amezi abiri
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Ku wa Gatatu tariki ya/12/2025,...

Read moreDetails

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo Abarwanyi bo mu mitwe y’ihuriro rya Wazalendo, bahungiye mu Burundi mu gihe umujyi wa Uvira wafatwaga...

Read moreDetails

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Auto Draft

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw'u Burundi Umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) umaze kugira ingaruka zikomeye ku bukungu bw’ibihugu...

Read moreDetails

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yimwe ijambo...

Read moreDetails

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba Nubwo hakomeje kugaragara urugomo n’intonganya zikaze mu mvugo...

Read moreDetails
Next Post

Uwiyamamariza k'u mwanya w'u budepite, yishwe arashwe undi nawe arashimutwa muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. tlovertonet says:
    2 years ago

    Thanx for the effort, keep up the good work Great work, I am going to start a small Blog Engine course work using your site I hope you enjoy blogging with the popular BlogEngine.net.Thethoughts you express are really awesome. Hope you will right some more posts.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?