• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, February 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamerika, wahoze akuriye FBI, yakatiwe igifungo cy’Imyaka 4 n’Amezi abiri.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urukiko muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, rwakatiye igifungo cy’Imyaka 4 n’Amezi abiri, bwana Charles McGonigal, wari ukuriye FBI.

You might also like

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Arazira ibyaha birimo ko yakoranye n’umukire izwiho kuba inshuti magara ya perezida w’u Burusiya, Vradimir Puti. Charles McGonigal, ni umugabo w’imyaka 55 y’amavuko, yahoze akuriye itsinda rikumira ubutasi bw’Amahanga mu biro bikuru bya FBI, biherereye i New York.

Mu nkuru yatanzwe n’ikinyamakuru cya Reuters, cyatangaje ko uriya Mugabo Charles McGonigal, yakoze ankete ku murusiya w’u mukire, Oleg Deripaska, uri kurutonde rw’abo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yafatiye ibihano kubera ibyaha byo mu Ntambara leta y’u Burusiya yashoye ku gihugu cya Ukraine.

Ubutegetsi bw’Amerika, bushinja uriya mukire Oleg Deripaska, kuba ari umwe mu bakire baheza inkunga perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin. Bwana Charles McGonigal, akaba azira ko yagiye gukorera uriya mukire Oleg Deripaska, nyuma y’uko yaramaze gusezererwa muri FBI, ahagana mu mwaka w’2018.

Charles McGonigal, yatawe muriyombi mu ntangiriro z’u mwaka w’2023, naho mu kwezi kwa Munani uyu mwaka w’2023, Urukiko rw’Amerika rwa musabye kwemera icyaha cy’uko yahemukiye i Gihugu cye cy’Amerika.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko umukire Oleg Deripaska, yari yaremereye Charles McGonigal, kuzamuhemba idorali z’Amerika, zirihagati ya 650,000 n’A miliyoni zitatu.

Bruce Bahanda.

Tags: UmunyamerikaWahoze akuriye FBIYakatiwe igifungo cy'Imyaka 4 n'Amezi abiri
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25/02/2026, mu mujyi wa Goma, Intumwa z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe...

Read moreDetails
Next Post

Uwiyamamariza k'u mwanya w'u budepite, yishwe arashwe undi nawe arashimutwa muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. tlovertonet says:
    2 years ago

    Thanx for the effort, keep up the good work Great work, I am going to start a small Blog Engine course work using your site I hope you enjoy blogging with the popular BlogEngine.net.Thethoughts you express are really awesome. Hope you will right some more posts.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?