• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umunyamulenge w’u musirikare yagambaniye bagenzi be, boherezwa gufungirwa i Kinshasa, bavuye muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
April 20, 2024
in World News
1
Umunyamulenge w’u musirikare yagambaniye bagenzi be, boherezwa gufungirwa i Kinshasa, bavuye muri Kivu y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge 5 b’abasirikare n’abasivile 2, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bagambaniwe boherezwa i Kinshasa gufungirwa yo.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, nibwo i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bamwe mu basirikare b’Abanyamulenge bagambaniwe kwa TD wa karere ka gisirikare ka 33(33ème région miltaire), barangije batabwa muri yombi, nk’uko amasoko yacu dukesha iy’inkuru abivuga.

Amakuru avuga ko abatawe muri yombi harimo Colonel Kasa, wo muri polisi, major Lokasa, wo mu ngabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, major Musore, Lt Nitanga, Lt Manigabe n’abasivile babiri barimo Ngendahayo wari umukozi wa leta ndetse na Lazare wari umunyeshuri, i Bukavu.

Nk’uko ay’a makuru akomeza abivuga n’uko aba, bagambaniwe n’umwe mu Banyamulenge wari wahawe amafaranga yo ku beshyera benewabo gukorana na M23.

Bakavuga ko uyu Munyamulenge wagambaniye bagenzi be yitwa Nzabirinda Kabuteni, anasanzwe ari umusirikare mu ngabo za FARDC, i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru Minembwe Capital News yahawe n’umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko Lt Nzabirinda yahawe na TD wa karere ka 33 (33ème région miltaire) $ 800 z’Amerika, kugira ngo asekere bene wa bo, bari mu gisirikare cya FARDC, abashinje gukorana byahafi n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “Njyewe idorali z’Amerika 800 nizo na bashye kwibonera n’amaso yanjye, nizo zahawe Lt Nzabirinda kugirango asekere benese, gukorana na M23. Ariko amakuru y’ukuri dufite n’uko yahawe amafaranga arenze ayo tukubwiye twiboneye.”

Amakuru avuga kandi ko TD wa karere ka gisirikare ka 33, ari mushya, kandi uwo yatsimbuye yari yashinjwe kutagira ibyaha agereka ku Banyamulenge, bityo uyu mushya akaba ashaka gukora ibibi ku Banyamulenge, mu rwego rwo kugira ngo arushyeho kwizerwa mu kazi.

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 18/04/2024, n’ibwo bariya basirikare b’Abanyamulenge bagambaniwe boherejwe i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC, kugira ngo ari yo bafungirwa.

Guhohotera Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa RDC byatangiye kera bigeze mu 2017 bifata indi ntera, bamwe mu basirikare b’Abanyamulenge barishwe, abandi bagiye bafungirwa hirya no hino muri RDC. Ku bafunga nta kindi bishingikirizaho usibye kuzira ko ari Abatutsi.

           MCN.
Tags: BukavuGufungirwa i KinshasaUmunyamulenge w'u musirikareYagambaniye bagenzi be
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe benshi bibaza ku ruzinduko rwa Lt General Masunzu yagiriye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.

Mu gihe benshi bibaza ku ruzinduko rwa Lt General Masunzu yagiriye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.

Comments 1

  1. MUTEBUTSI Pascal says:
    1 year ago

    BandikabT2 bwana Journaliste et non TD.
    Merci.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?