Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, yatewe icyuma mu ijosi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lee Jae Myung, ukuriye Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa leta ya Koreya y’Epfo, yatewe icyuma(imbugita), mu ijosi, mugihe yari muruzinduko ahitwa Busan, ku wa Kabiri, tariki ya 02/01/2024.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Lee, w’imyaka 59, y’amavuko, ni umuyobozi ukuriye Ishyaka risanzwe rikomeye muri Koreya y’Epfo. Akimara gukomeretswa yahise ajanwa mu bitaro biherereye i Busan, ahabwa ubuvuzi bw’ibanze nyuma yaho yurijwe indege aja kuvurirwa mu bitaro bya Seoul.

Ay’amakuru yanemejwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Busan, Sohn Han, aho yagize ati: “Lee Jae Myung, ukuriye Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, yatewe icyuma n’umugabo utaramenyekana.”

Yunzemo Kandi ati: “Ibyabaye kuri Jae Myung, n’igitero cyitera bwoba, kandi kibangimiye Demokarasi. Duhamagariye abapolisi gukora iperereza ry’Imbitse.”

Ibi kandi byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, aho bya vuze ko umugabo utamenyekanye yakoze iyo bwakabaga ngo yice Lee Jae Myung, ariko ntibyakunda amutera icyuma arakomereka bikabije. Reuters, yakomeje ivuga ko Lee Jae Myung, ko yakomeretse ubwo yari muruzinduko mugace ka Busan, gaherereye mu m’Ajyepfo y’iburasirazuba bwa Koreya y’Epfo.

N’ibyabaye mugihe kandi uyu munyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo, yari kumwe n’itsinda rya banyamakuru bo muricyo gihugu.

Ibiro by’umukuru w’igihugu ca Koreya y’Epfo, byatangaje ko perezida Yoon Suk Yeol, w’icyo gihugu ababajwe n’ibyabaye kuri Jae Myung, ko kandi ahangayikishijwe n’ubuzima bwe.

Perezida wa Koreya y’Epfo, yahise anatanga itegeko kugira ngo hakorwe iperereza ryihuse abarinyuma y’ubwo bugizi bwa nabi bamenyekane.

Mu mwaka w’2022, Lee yatsinzwe Amatora y’umukuru w’igihugu aho byavuzwe ko yagize Amajwi 0,7%, n’amajwi yahise yandikwa mu mateka y’isi akaba atarahabwa undi uwariwe wese hano kw’Isi.

Bruce Bahanda.

Tags: Lee Jae MyungUmunyapolitike utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Koreya y'Epfo yatewe icyuma mu ijosi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Ba Pigime (pygmée), ba biri, batawe muriyombi na polisi yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri teritware ya Mambasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?