• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, yatewe icyuma mu ijosi.

minebwenews by minebwenews
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lee Jae Myung, ukuriye Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa leta ya Koreya y’Epfo, yatewe icyuma(imbugita), mu ijosi, mugihe yari muruzinduko ahitwa Busan, ku wa Kabiri, tariki ya 02/01/2024.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Lee, w’imyaka 59, y’amavuko, ni umuyobozi ukuriye Ishyaka risanzwe rikomeye muri Koreya y’Epfo. Akimara gukomeretswa yahise ajanwa mu bitaro biherereye i Busan, ahabwa ubuvuzi bw’ibanze nyuma yaho yurijwe indege aja kuvurirwa mu bitaro bya Seoul.

Ay’amakuru yanemejwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Busan, Sohn Han, aho yagize ati: “Lee Jae Myung, ukuriye Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, yatewe icyuma n’umugabo utaramenyekana.”

Yunzemo Kandi ati: “Ibyabaye kuri Jae Myung, n’igitero cyitera bwoba, kandi kibangimiye Demokarasi. Duhamagariye abapolisi gukora iperereza ry’Imbitse.”

Ibi kandi byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, aho bya vuze ko umugabo utamenyekanye yakoze iyo bwakabaga ngo yice Lee Jae Myung, ariko ntibyakunda amutera icyuma arakomereka bikabije. Reuters, yakomeje ivuga ko Lee Jae Myung, ko yakomeretse ubwo yari muruzinduko mugace ka Busan, gaherereye mu m’Ajyepfo y’iburasirazuba bwa Koreya y’Epfo.

N’ibyabaye mugihe kandi uyu munyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo, yari kumwe n’itsinda rya banyamakuru bo muricyo gihugu.

Ibiro by’umukuru w’igihugu ca Koreya y’Epfo, byatangaje ko perezida Yoon Suk Yeol, w’icyo gihugu ababajwe n’ibyabaye kuri Jae Myung, ko kandi ahangayikishijwe n’ubuzima bwe.

Perezida wa Koreya y’Epfo, yahise anatanga itegeko kugira ngo hakorwe iperereza ryihuse abarinyuma y’ubwo bugizi bwa nabi bamenyekane.

Mu mwaka w’2022, Lee yatsinzwe Amatora y’umukuru w’igihugu aho byavuzwe ko yagize Amajwi 0,7%, n’amajwi yahise yandikwa mu mateka y’isi akaba atarahabwa undi uwariwe wese hano kw’Isi.

Bruce Bahanda.

Tags: Lee Jae MyungUmunyapolitike utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Koreya y'Epfo yatewe icyuma mu ijosi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ba Pigime (pygmée), ba biri, batawe muriyombi na polisi yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri teritware ya Mambasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?