Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, yatewe icyuma mu ijosi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lee Jae Myung, ukuriye Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa leta ya Koreya y’Epfo, yatewe icyuma(imbugita), mu ijosi, mugihe yari muruzinduko ahitwa Busan, ku wa Kabiri, tariki ya 02/01/2024.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Lee, w’imyaka 59, y’amavuko, ni umuyobozi ukuriye Ishyaka risanzwe rikomeye muri Koreya y’Epfo. Akimara gukomeretswa yahise ajanwa mu bitaro biherereye i Busan, ahabwa ubuvuzi bw’ibanze nyuma yaho yurijwe indege aja kuvurirwa mu bitaro bya Seoul.

Ay’amakuru yanemejwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Busan, Sohn Han, aho yagize ati: “Lee Jae Myung, ukuriye Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, yatewe icyuma n’umugabo utaramenyekana.”

Yunzemo Kandi ati: “Ibyabaye kuri Jae Myung, n’igitero cyitera bwoba, kandi kibangimiye Demokarasi. Duhamagariye abapolisi gukora iperereza ry’Imbitse.”

Ibi kandi byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, aho bya vuze ko umugabo utamenyekanye yakoze iyo bwakabaga ngo yice Lee Jae Myung, ariko ntibyakunda amutera icyuma arakomereka bikabije. Reuters, yakomeje ivuga ko Lee Jae Myung, ko yakomeretse ubwo yari muruzinduko mugace ka Busan, gaherereye mu m’Ajyepfo y’iburasirazuba bwa Koreya y’Epfo.

N’ibyabaye mugihe kandi uyu munyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo, yari kumwe n’itsinda rya banyamakuru bo muricyo gihugu.

Ibiro by’umukuru w’igihugu ca Koreya y’Epfo, byatangaje ko perezida Yoon Suk Yeol, w’icyo gihugu ababajwe n’ibyabaye kuri Jae Myung, ko kandi ahangayikishijwe n’ubuzima bwe.

Perezida wa Koreya y’Epfo, yahise anatanga itegeko kugira ngo hakorwe iperereza ryihuse abarinyuma y’ubwo bugizi bwa nabi bamenyekane.

Mu mwaka w’2022, Lee yatsinzwe Amatora y’umukuru w’igihugu aho byavuzwe ko yagize Amajwi 0,7%, n’amajwi yahise yandikwa mu mateka y’isi akaba atarahabwa undi uwariwe wese hano kw’Isi.

Bruce Bahanda.

Tags: Lee Jae MyungUmunyapolitike utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Koreya y'Epfo yatewe icyuma mu ijosi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Ba Pigime (pygmée), ba biri, batawe muriyombi na polisi yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri teritware ya Mambasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?