Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umupasitoli wo mu Gitasha, mu misozi miremire y’Imulenge, yakomerekejwe nyuma y’uko yari yarashwe n’abantu batarabasha ku menyekana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 1, 2024
in World News
0
Umupasitoli wo mu Gitasha, mu misozi miremire y’Imulenge, yakomerekejwe nyuma y’uko yari yarashwe n’abantu batarabasha ku menyekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umupasitoli wo mu Gitasha, mu misozi miremire y’Imulenge, yakomerekejwe nyuma y’uko yari yarashwe n’abantu batarabasha ku menyekana.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Ni umushumba wo mw’itorero rya Methodiste Libre, Samson Kiwende, niwe warashwe arakomereka bikabije, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Ay’amakuru avuga ko yarashwe mu ijoro ryakeye ryo ku itariki ya 30/04/2024, aho yahise ajanwa mu Bitaro biherereye muri ibyo bice kugira yitabweho.

MCN yabwiwe ko abamurashe bataramenyekana, ariko ko inzego z’u mutekano zahumurije abaturage, zinabasaba gutuza ngo kuko hagiye gukorwa iperereza ry’imbitse ku gira abari nyuma y’ubwo bugizi bwa nabi babiryozwe.

Samson Kiwende asanzwe ashumbye i Paroisse ya Mizinga, muri ir’itorero rya Méthodiste Libre, ariko akaba atuye mu Gitasha, ho muri Grupema ya Balala y’Amajyaruguru, Secteur ya Tanganyika, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubuyobozi bw’ibanze bwa Gitasha, bwemeje ay’amakuru, kandi buvuga ko pasitoli Samson Kiwende yarashwe amasaha y’ijoro, ari iwe mu rugo.

Ubuyobozi bwanasabye abaturage gutekana, no kureka ubuyobozi bugakurikirana ibyihishe inyuma y’ubwo bugizi bwa nabi.

Tubibutsa ko ibyo bice bigenzurwa n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse n’Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

           MCN.
Tags: GitashaUmupasitoli
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Umubare wabahitanwe n’imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.

Umubare wabahitanwe n'imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?