Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umupasitoli wo mu Gitasha, mu misozi miremire y’Imulenge, yakomerekejwe nyuma y’uko yari yarashwe n’abantu batarabasha ku menyekana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 1, 2024
in World News
0
Umupasitoli wo mu Gitasha, mu misozi miremire y’Imulenge, yakomerekejwe nyuma y’uko yari yarashwe n’abantu batarabasha ku menyekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umupasitoli wo mu Gitasha, mu misozi miremire y’Imulenge, yakomerekejwe nyuma y’uko yari yarashwe n’abantu batarabasha ku menyekana.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni umushumba wo mw’itorero rya Methodiste Libre, Samson Kiwende, niwe warashwe arakomereka bikabije, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Ay’amakuru avuga ko yarashwe mu ijoro ryakeye ryo ku itariki ya 30/04/2024, aho yahise ajanwa mu Bitaro biherereye muri ibyo bice kugira yitabweho.

MCN yabwiwe ko abamurashe bataramenyekana, ariko ko inzego z’u mutekano zahumurije abaturage, zinabasaba gutuza ngo kuko hagiye gukorwa iperereza ry’imbitse ku gira abari nyuma y’ubwo bugizi bwa nabi babiryozwe.

Samson Kiwende asanzwe ashumbye i Paroisse ya Mizinga, muri ir’itorero rya Méthodiste Libre, ariko akaba atuye mu Gitasha, ho muri Grupema ya Balala y’Amajyaruguru, Secteur ya Tanganyika, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubuyobozi bw’ibanze bwa Gitasha, bwemeje ay’amakuru, kandi buvuga ko pasitoli Samson Kiwende yarashwe amasaha y’ijoro, ari iwe mu rugo.

Ubuyobozi bwanasabye abaturage gutekana, no kureka ubuyobozi bugakurikirana ibyihishe inyuma y’ubwo bugizi bwa nabi.

Tubibutsa ko ibyo bice bigenzurwa n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse n’Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

           MCN.
Tags: GitashaUmupasitoli
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Umubare wabahitanwe n’imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.

Umubare wabahitanwe n'imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?