• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umupfakazi Wasizwe Na Christian Atsu Mumuhango Wogusezera Bwanyuma Umugabo We Yavuze Ijambo Rishavuza Abitabiriye Bose.

minebwenews by minebwenews
March 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isinzi ryabantu amagana barimo nakizigenza uramutswa Igihugu ca Ghana bitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma Christian Atsu, wapfuye mu kwezi gushize mu mutingito wibasiriye Igihugu ca Turkiya.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Christian Atsu Kumusezeraho bwanyuma byabereye imbere y’ibiro by’umukuru w’igihugu mu murwa mukuru Accra ho muri Ghana.

Umupakazi wasizwe Marie-Claire Rupio, yasomye ubutumwa bw’akababaro aho yagize ati: “Mu buzima ndagukunda nshuti, no mu rupfu niko bimeze.”

Marie-Claire yagize agahinda gakomeye ananirwa kurangiza ubutumwa bwe abuha mushiki wa Atsu aba ariwe ukomeza kubusoma.

Bwakomeje bugira buti: “Ntiwagiye wenyine, kuko igice cyanjye cyajyanye nawe. Inseko yawe n’urukundo rwawe mbibona mu nseko z’abana bacu.”

Mu minsi ishize abafana ba Newcastle United bafashe umunota wo kumwibuka bwanyuma bari mukibuga cumupira wamaguru.

Abahagarariye ikipe y’igihugu ca Ghana n’abahagarariye ikipe ya Hatayspor yakinagamo muri Turkiya nabo bari baje kumusezeraho bwanyuma.

Umurambo wa Atsu wabonetse hashize ibyumweru bibiri mu bisigazwa bya ‘appartement’ yabagamo yashenywe n’umutingito.

Hashize hafi ukwezi kumwe umurambo we usubijwe iwabo. Nyuma y’uyu muhango arashyingurwa iwabo ku ivuko mu majyepfo ya Ghana.

Atsu, wari ufite imyaka 31, igihe kinini yakinnye muri shampiyona y’Ubwongereza mu makipe atandukanye harimo n’a Chelsea, Newcastle na Everton mbere yo kujya muri Arabia Saoudite na Turkiya aho yaguye.

Atsu akaba yarashyinguwe iwabo ku ivuko kuruyu wagatanu tariki 17.03.2023 i Accra.

Uyu mukinyi yakiniye ikipe y’igihugu cyabo Black Stars imikino 65, anayifasha kugera ku mikino ya nyuma y’igikombe cya Africa cya 2015 muri Equatorial Guinea aho yahawe ibihembo by’igitego n’umukinnyi w’irushanwa.

Abafana benshi buyu mukinyi Atsu, babwiye Minembwe Capital News ko Atsu azibukirwa ku gukunda abantu, no gufasha abakene mu gihugu cye.

Ikindi nuko Kuwa kabiri ushize, abantu benshi bitabiriye umuhango wo gutambuka baca imbere y’umurambo we mu kumusezeraho.

Abavuza ingoma n’abacuranzi bari bitabiriye uwo muhango w’akababaro no guha icyubahiro umukinyi wabiciye biracika mugihe ce Christian Atsu.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

EACRF Yatangaje Ko Abasirikare Babarundi Boherejwe Mubindi Bice Bya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?