• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, December 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umurimbyi Urimba Agakumbuza Ab’Anyamulenge, Imulenge, Indirimbo Ye Nshya Yayibazaniye,

minebwenews by minebwenews
May 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umurimbyi umwe mubaririmba indirimbo zikumbuza Abanyamulenge Imulenge, indirimbo ye nshya ivuga ibigwi by’Intwari z’imulenge. Iyindirimbo ivugamo Colonel Rukunda Makanika, iyindirimbo agiye kuyishira ahagaragara. Akaba yiteguye kuyishira hanze muminsi Ibiri irimbere.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Uyu muririmbyi Yitwa Ruganza Museveni Olivier, abenshi bamuzi kwizina rya Manzi Olivier.

Manzi Olivier, yavukiye Mumisozi miremire y’Imulenge mumuha wa Monyi, ho mu Minembwe, avuka kwa Gasinzira.

Ababyeyi ba Manzi Olivier, bimukiye i Butare ho mu Rwanda, kubera intambara zurudaca zari muri Congo Kinshasa (Zaïre). Uyu musore amashuri ye Abanza nayisumbuye yayigiye i Butare ho mu Rwanda, gusa yaje gukomereza ishuri rya Kaminuza i Bukavu ho muri Kivu y’Epfo, mugihugu cya RDC, mwishamyi rya Sciences infirmières, yiga imyaka itatu.

Avuye kwiga i Bukuvu ho muri RDC, nanone yagarutse i Butare ho mu Rwanda, abariho akomereza ubuzima bwaminsi yose.

Icyogihe cyose murubwo buzima Manzi Olivier, yanyuzemo yahoze ari umuririmbyi muri choral yitorero.

Ariko bigeze mumwaka wa 2020, nibwo yumvise umutima nishaka ryinshi kobizamuka mumutima we mugukunda gakondo ye Imulenge, atangira guhanga indirimbo zihayagiza abatabara Imulenge nigihugu muri Rusange, aha yarimo aganira numunyamakuru wa Minembwe Capital News.

Muruyu mwaka bwana Manzi Olivier, yakoze ibyo yagombaga gukora kubera ubwoko bwe Abanyamulenge barimo kwicwa muburasirazuba bwa RDC, atangira kuririmba.

Yagize ati: “Nabonyeko ndashoboye kuvuga ibibera Imulenge mumagambo cangwa munyandiko, mpitamo kubivuga nkoresheje Indirimbo.”

Ikindi bwana Manzi Olivier, yashimiye abagize uruhare ngw’Imulenge ntihabe amatongo yagize ati:

“Ndanashimira Twirwaneho, yafashe iyambere ngo Imulenge ntihabe amatongo.”

“Ndashimira Mahoro Peace, yafashije impunzi zahungaga intambara za Mai Mai Bishambuke .”

“Ndashimira Adella Kibasumba, Umuyobozi wa Mahoro Peace.”

“Ndashimira Minembwe Capital News .”

“Ndashimira Bruce Bahanda, umwe mubanyamakuru ba Minembwe Capital News .”

“Ndashimira Dr Gitwaza Paul, kuruhare runiiini mukuvura Abaturiye imisozi miremire yimulenge (High land Of Mulenge).”

“Ndashimira Abanyamulenge bose bumvako bakwiye kw’Irwano bagaca agasuzuguro, basuzuguwe na Mai Mai na Red Tabara.”

Bwana Manzi Olivier, Mundirimbo ze avuga ibigwi by’Intwari zabaye uruzitiro maze Imulenge ntihasenyuka, Murizo ntwari akunze kuririmba avuga Izina Colonel Rukunda Michel Makanika, Sematama Charles ndetse akunze no kuvuga Col Ndori Thomas.

Vuba indimbo ye iraba yagiye hanze. Muriyo ndirimbo yavuzemo ibigwi bya Mahoro Peace.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

President Cyiril Ramaphosa, Yavuze Ko Yiteguye Gutanga Ingabo, Igihe Cyose Yakwiyambazwa Na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?