Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuriro wadutse mu gihugu cya Afrika y’Epfo, wishe abantu batari bake.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 16, 2024
in World News
0
Umuriro wadutse mu gihugu cya Afrika y’Epfo, wishe abantu batari bake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihugu cya Afrika y’Epfo abantu benshi bapfuye, barimo bazimya umuriro wadutse.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ni ku wa Mbere tariki ya 15/07/2024, inkongi y’umuriro yandutse itwika abakozi bagera kuri 6 aho bari kuzimya uy’u muriro, mu Ntara ya Kwa Zulu-Natal.

Amakuru yatanzwe n’ibiro bya bashinzwe ubutabazi muri icyo gihugu, avuga ko koko abakozi ba 6 bamaze kuvamo umwuka w’abazima kandi ko bapfuye ubwo barimo bazimya uwo muriro wadutse igihe c’isaha z’igicamunsi ku masaha yo muri icyo gihugu.

Ibi biro byanavuze kandi ko umuriro wadutse ari uwavuye mu mashyamba aherereye muri iyi Ntara ya kwa Zulu-Natal.

Kandi bavuga ko uwo muriro ushobora kuba watwitswe n’abahiga inyamanswa bitemewe n’amategeko muri ibyo bice byo mu mashyamba ya kwa Zulu-Natal.

Roland Robertson umuvugizi w’ibiro bishinzwe gutabara byihuse, yavuze ko abakozi batatu bahise bapfa muri ako kanya barimo bazimya umuriro mu mujyi wa Boston, uri mu birometro 130 uvuye mu mujyi wa Durban.

Mu gihe abandi bo baguye mu bitero aho bajanwe barembye.

Yavuze kandi ko mu batumye uriya muriro waduka ko nabo bashobora kuba baburiyemo ubuzima bwabo nyuma y’uko imirima y’abaturage yafatwaga n’iyi nkongi y’umuriro kandi ari yo bihishyagamo.

               MCN.
Tags: Afrika y'EpfoKwa Zulu-NatalumuriroWadutse
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bibogobogo hashyizweho imipaka y’agateganyo yaho Inka zizajya zigarukira ziragiwe.

Mu Bibogobogo hashyizweho imipaka y'agateganyo yaho Inka zizajya zigarukira ziragiwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?